Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo n’imbonerakure), bongeye kwisubiza uduce tubiri turi munkengero z’u Mujyi wa Goma.
Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo), bongeye kwisubiza uduce tubiri(2), aritwo Kanyabuki na Mushushwe, two muri Groupemant ya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Ni mu mirwano yabahuje n’u mutwe wa M23, urwanya leta ya perezida Félix Tshisekedi, wa RDC. Iy’i mirwano y’ubuye ahagana isaha za Saa Sita zamanwa(12:00 Pm), zokuri uy’u wa Gatandatu, tariki 28/10/2023.
Mu makuru Minembwe Capital News, yabwiwe n’uko abasirikare ba leta ya Kinshasa, bifashishije Indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25, nimugihe uriya mutwe wa M23 wari umaze gufata agace kitwa kuri Trois entenne, gaherereye muri Groupemant ya Buhumba, homuri teritwari ya Nyiragongo, aka gace kakaba kari mubilometre bike n’ikibuga c’indege ca Goma.
FARDC n’abambari babo bakaba bongeye gukubita baruzura u Mujyi wa Goma. Amakuru avugako leta ya Kinshasa ko yamaze kwiyambaza ingabo za Mahanga kugira ngo z’ibafashe kurwanya M23. Nk’uko byavuzwe n’uko ingabo z’u Burundi, FDLR, Wagner ndetse n’ingabo za Malawi ko zamaze kuboneka kuri ubu butaka bwo M’uburasirazuba bwa RDC, aho bihwihwisa ko Kinshasa yabiyambaje kugira ngo ba bafashe guhasha u mutwe wa M23 umaze igihe kingana n’umwaka urenga barwanya leta ya Kinshasa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.