Haravugwa imyigaragambyo karandura ya magana irahara rya perezida Félix Tshisekedi.
Kugeza ubu imyigaragambyo iracarimo ku vugwa ahantu habiri i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru no mu Mujyi wa teritware ya Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru.
Amakuru yizewe avuga ko urubyiruko ru gwiriyemo abahungu n’abakobwa ko aribo ba byukiye mu myigaragabyo aho bafunze imihanda mu bice biherereye muri Goma, ndetse batwikira n’amapini, hagati mu mihanda mu rwego rwo kwerekana ko batishimiye ibya vuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023.
K’u wa Kane, tariki ya 18/01/2024, n’ibwo abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu, Floribert Anzuluni n’abandi, batemera ibya vuye mu matora, bashize itangazo hanze rihamagarira Abanyekongo bose kuzitabira kwa magana ibya vuye mu matora n’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.
Mu itangazo bashize hanze ntiri ranga agace na kamwe kateguriwemo i myigaragabyo, gusa bavuze ko ahariho hose umunyekongo azaba aherereye akwiye kuzakora ibishoboka byose akamagana ubutegetsi bu bi bwa RDC.
Nyuma y’ itangazo rimenyesha ko hazaba imyigaragambyo, Minisitiri w’u mutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Peter Kazadi, yahise akora ikiganiro n’Abanyamakuru i Kinshasa, avuga ko imyigaragambyo itemerewe ko kandi uzagerageza kuyikora azahura “nakaga adashobora kuzikuramo.” Ibyo biri mu byatumye ingabo za FARDC muri Kinshasa zikubita ziruzura imihanda yose mu rwego rwo guharanira umutekano w’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.
Guhera igihe c’isaha z’asaa tanu z’igitondo muri Stade ya Martyrs Abanyacyubahiro batandukanye n’abaturage ba RDC bari bamaze kugeramo ku bwinshi, aho bategereje kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi, muri manda ya Kabiri.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.