Impamvu ubutegetsi bw’Intara ya Kivu Yaruguru bari bahishe u mubiri wa Captain Kabongo Rukatura, ya menyekanye nyuma y’uko batanze uruhusha rwo kumushingura mu cyubahiro.
Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, yatanze u rwandiko rwo gushingura mu cyubahiro, u musirikare wa FARDC,Captain Kabongo Rukatura, wishwe n’Abasirikare bafashijwe n’abaturage ba muziza ko ari u mututsi, tariki ya 09/11/2023, akaba yariciwe mu Mujyi wa Goma.
Byari biteganijwe ko n’ubundi aza gushingurwa uyu munsi, k’uwa Kane. Mu Gitondo cyokuri uyu wa Kane, tariki ya 23/11/2023, ubwo u muryango wa Nyakwigendera bageraga muri Morgue aho u murambo waruri basanze ntawe uhari.
Nk’uko byavuzwe aba bari bagiye kureba uriya murambo ba bajije abashinzwe kurinda imibiri y’abapfuye n’ibwo ba basubije ko leta yawushinguye ngo “igihe c’isaha z’ijoro.”
Mu makuru yizewe Minembwe Capital News yabwiwe, n’uko abasirikare benshi ba FARDC na FDLR baheruka gupfira m’urugamba ahitwa Kalenga, muri teritware ya Masisi, ni Urugamba bari bahanganyemo n’ingabo za M23. Ibi biri mu byatunye ibyo bitaro leta ishingura imibiri yaririmo maze bazana iyabo basirikare bari biciwe k’urugamba i Kalenga ndetse na Mweso.
Ahagana isaha zakare kuri uyu wa Kane, uriya muryango wa Captain Kabongo Rukatura, nyuma y’uko bari babuze umubiri wa Kabongo bahise berekeza kuri Biro ya auditora bahavuye berekeje kuri Gouvernorat, n’ibwo bakiriwe ndetse basaba gutuza maze birangira Guverineri abahaye urwandiko rubemerera guhabwa u mubiri wa Captain Kabongo Rukatura wari washinguwe rw’ihishwa na leta ya Kinshasa.
Twabwiwe ko kuri ubu uriya muryango wa Captain Kabongo Rukatura, bari gushingura mu cyubahiro uriya musirikare wa FARDC w’ishwe urwagashinyaguro azira ubwoko bwe Abatutsi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.