Ingabo z’u Burundi ziherutse kurasanira n’itsinda rigizwe n’imbonerakure. Amakuru avuga ko iyo mirwano yabereye hafi n’uruzi rwa Rusizi.
Nkuko iy’inkuru ikomeza ivuga nuko abo basirikare b’u Burundi barwanye nizo mbonera kure bagera muri batanu(5) kurubu bafungiwe mu ntara ya Cibitoke iri mu majy’Aruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu c’u Burundi.
SOS Burundi, yatanze ayamakuru mbere yatangaje ko ay’amakuru ya yahawe n’abo mu nzego z’ishinzwe umutekano. Bikemezwa ko aba basirikare bafungiwe muri kasho ya Polisi yo ku rwego rw’intara ya Cibitoke guhera tariki ya 13/09/ 2023.
Gufungwa kw’aba basirikare barinda umutekano ku ruzi rwa Rusizi, nk’uko amakuru abivuga, kwaturutse ku kuba baragerageje guhagarika Imbonerakure zageragezaga kwambutsa inka 10, zizijyana muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, hakabaho kurasana.
Hari umuturage wagize ati: “Imbonerakure zashakaga kwambutsa inka, zi zijyana muri RDC zinyuze mu ruzi rwa Rusizi. Abasirikare barinda ku ruzi bashatse kuzisubiza inyuma, habaho guhangana. Imbonerakure imwe yarakomeretse.”
Uru rubuga ruvuga ko umusirikare umwe mu batawe muri yombi yatorotse kasho ya Polisi muri Cibitoke mu ijoro ryo ku wa 16 rishyira uwa 17/09/2023, kandi kugeza ubu ntaraboneka.
Umushinjacyaha ku rwego rw’intara ya Cibitoke yatangaje ko hatangiye iperereza kuri iki kibazo, ntiyagira icyo yongeraho.
Imbonerakure ziravugwaho gufasha abacuruzi kwambutsa ibicuruzwa mu buryo bwa magendu, ba bijyana cyangwa babivana mu Burundi, kandi ngo ziba zifite intwaro.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.