Ihuriro ry’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo,kuri uyu wa Kabiri, tariki 21/11/2023, bongeye kugaba ibitero mubice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru bituwe n’abaturage no mubirindiro by’ingabo za M23.
N’ibitero byagabwe muri Kilolirwe, Kitshanga no munkengero zaho, ibitero byagabwe ahagana isaha z’igitondo cyakare Saha 8:00Am, nk’uko iy’inkuru inemezwa n’u muvugizi wa M23 mubyapolitike bwana Lawrence Kanyuka.
Yakomeje agira ati: “Si abasivile gusa bari kuraswaho biriya bi bunda hubwo barikurasa no mubirindiro by’ingabo za M23, muri Kitshanga, Kilolirwe no munkengero zaho ariko M23 ikomeje kurwana kinyamwuga irwanirira abaturage.”
Bi baye mugihe leta ya Kinshasa byavuzwe ko yakutse u mutima nyuma y’uko bari bagabye ibitero tariki 20/11/2023, bakoresheje indege zo m’ubwoko bwa SUKHOÏ-25 biriya bisasu bigapfubira mu kirere nk’uko iy’inkuru MCN tuyikesha bamwe mubarwanyi ba M23.
Simuri Kivu y’Amajyaruguru gusa leta ya Kinshasa irimo kurwanya abaturage kuko muriki Gitondo co kuri uyu wa Kabiri, tariki 21/11/2023, ihuriro ry’ingabo za Kinshasa n’abambari babo Gumino, FDLR na Maï Maï bagabye igitero kigamije kurimbura abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), muri Localite ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. N’igitero cagabwe ahatuwe n’abasivile gusa, nk’uko iy’inkuru Minembwe Capital News, tuyikesha u mwe mubaturage uhaturiye bwana Isaac Byinshi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.