Kuruyu wa Kabiri tariki 09.05.2023, urugamba rwongeye gukaza umurego kumurwa mukuru wa Sudan.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 10.05.2023. Saa 11:55 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
I khartoum, umujyi mukuru wa Sudan hongeye kuvugwa ibitero byinshi by’indege mu gihe ku rundi ruhande hagaragaye ibikorwa by’ubusahuzi naho Arabia Saoudite ikaba ivuga ko imishyikirano irimo gukorwa kugira ngo imirwano ihagarare mu gihe gito .
Bikavugwa ko umutwe w’ingabo zishigikiye leta yicogihugu arizo zagabye igitero gikomeye zikoresheje indege mukugaba ibitero kumurwa mukuru wa Khartoum no mu nkengero z’ingoro ya Président nk’uko iyi nkuru yabivuze.
Umutwe wa RSF uvuga ko ari wo ugenzura ingoro, ukavuga kandi wagabweho igitero cy’indege iyongoro irasenywa, ariko igisirikare cya Sudani gihakana aya makuru.
Imirwano ibera i Khartoum yubuye ahagana itariki 15.04.2023, iyimirwano ikaba yaratumye abantu ibihumbi magana bahunga ingo zabo ituma haba ikibazo cyo kugeza imfashanyo ku bazikeneye. Ikigo gishinzwe abinjira n’abasohoka cya L’ONI kivuga ko umubare w’abantu bavanwe mu byabo muri Sudani wikubye kabiri mu cyumweru gishize, aho bivugwa ko abahunze bageze mubihumbi magana.
Kuruyu wa Gatandatu, izo mpande zihanganye zananiwe kubahiriza kenshi amasezerano yo guhagarika imirwano, zohereje abazihagarariye mu biganiro mu mujyi wa Jeddah wo ku cyambu muri Arabia Saoudite.
Muri raporo ya mbere ku biganiro kugeza ubu, minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Arabia Saoudite yavuze kuri uyu wa Kabiri ushize ko imishyikirano igamije kugera ku “guhagarika intambara mu gihe gito”, nk’uko byatangajwe na Televiziyo ya Leta ya Arabiya Saoudite, Al-Ekhbariya.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.