Haravugwa umubano mwiza mukarere ka Bibogobogo hagati ya Bapfulero na Banyamulenge.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 14/08/2023, saa 6:40Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mubibogobogo homuri teritware ya Fizi, Intara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, haravugwa umubano mwiza hagati ya Moko ahaturiye ahanini Abanyamulenge na Bapfulero. Nimugihe muraka karere harihagize imyaka myinshi habera intambara. Intambara yaberaga muraka karere yakorwaga na ba Mai Mai Bishambuke, bagabaga ibitero mu Mihana ya Banyamulenge.
Iyi ntamabara yasize imihana myinshi isenyaguritse ndetse n’inka zaba Nyamulenge ziranyagwa n’inshi na bantu benshi barapfa abandi barahunga.
Gusa mu minsi ishize muraka karere Abanyamulenge bamwe bari barahungiye mu Mushashya(Kamanyora) na Uganda bari bahungutse basubira kuja kubaka aka karere.
Mu nkuru twaraye duhawe nuko Abapfulero baba bashaka umubano mwiza muraka karere nimugihe muriki Cyumweru gishize Abasore ba Banyamulenge bahuye na Bapfulero bafite imipanga n’inkoni umwe muribo ashaka kubagirira nabi ababo baramwangira aza nokugera igihe akubitwa.
Uwatanze iyi nkuru kuri Minembwe Capital News, yagize ati: “Mu Cyumweru, gishize Abasore ba Banyamulenge, bari ba ragiye haza kuza Abapfulero, basanga aba Banyamulenge baragiye Inka. Umwe muri ba Bapfulero ashaka kunyaga z’Anka ababo bara mubuza, bamubujije atema mo Inka zibiri. Niho abo Bapfulero babwiriye Abanyamulenge ngo bamukubite. Baramukubita ava aho bamwikoreye ndetse Abapfulero banga kumuvuza ngo kuko yashatse kubateranya n’Abanyamulenge!”
Twabibutsa ko kandi aka karere hari mukuba n’imikino itandukanye igamije kuzana imigenderanire myiza hagati ya Bapfulero na Banyamulenge, Ababembe ndetse na Banyindu.
Iy’inkuru yakomeje ivuga ko umupfulero wa kubiswe na Banyamulenge mugihe yaramaze gutema Inka zabo zibiri azitemesheje umuhoro (Umupanga), ko muruwo mwanya haje kugera Abasirikare ba Guverinoma ya Congo bakihagera babwiwe uko byagenze kugira umupfulero akubitwe nyuma abasirikare nabo ngo bategetse ko yongera gukubitwa ngo murako kanya bo ubwabo ba munyuzaho utunyafu!! Nkuko twarimo tubyiganirwa na baturage baturiye Bibogobogo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.