Habaye imirwano kumunsi w’ejo hashize hagati ya M23 na Wazalendo.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 14/08/2023, saa 7:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, habaye imirwano yasakiranije umutwe wa M23 na Wazalendo. Ni mirwano yabereye mubice biri muri teritware ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Amakuru aturuka muri ako gace nk’uko Minembwe Capital News yabwiwe, nuko iyo mirwano yahuje inyeshyamba z’umutwe wa M23 n’imitwe ishigikiwe na Guverinoma ya Kinshasa ariyo FDLR, Wazalendo na Nyatura, yabahurije muduce two ku Muhanda wa Rumeneti-Kilolirwe, homuri Groupement ya Bashali Kahembe.
Iyi mirwano Inyeshamba zo mu mutwe Wazalendo, FDLR na Nyatura bigambye ko basubije umutwe wa M23 inyuma, gusa kuruhande rwa M23 ntacyo baratangaza.
Aya makuru ntabyinshi twabashe guhabwa nabaturiye utwo duce usibye ko gusa ba bwiye Minembwe Capital News, ko harimo humvikana imbunda ziremereye muribyo bice ariko ko zatumye Abantu bongera Guhunga bagana Sake nutundi duce tutarimo imirwano turi muri teritware ya Rutsuru na Masisi. Ibi bibaye mugihe abaturage b’iburasirazuba baheruka ga gukora imyigaragambyo isaba leta ya Kinshasa na M23 ko bo baha amahoro ngo kuko bagize igihe bahunga.
Abarimo bakora iyo myigaragambyo bari bafite ibyapa byanditse ho ngo: “Turarushe no Guhunga, muduhe amahoro M23 namwe leta ya Kinshasa.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.