U mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Gatanu, tariki 17/11/2023, ya yoboye i Nama yiswe ko ar’iyo ya nyuma yo gushiraho ibyemezo( status ) bizagenga Ingabo za SAMIRDC bivugwa ko zirihafi koherezwa M’uburasirazuba bwa Congo Kinshasa.
Ay’amakuru yemejwe na bwana Minisitire w’ubanye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, aho yavuze ko Guverinoma ya Kinshasa i zagirana imikoranire myiza na ziriya Ngabo za SAMIRDC mu ku bahereza ibishoboka byose kubwo kuza ku bafasha ku rwanya Inyeshamba za M23.
Minisitire Christophe Lutundula, ya shimiye u bwitange biriya bihugu bihuriye m’u muryango wa SADC bagaragarije leta ya Kinshasa kugira bashakire Uburasirazuba bwayo amahoro n’u mutekano mwiza.
Biriya byemezo byashizwe k’umugaragaro na Komisiyo y’ingabo za SAMIRDC .
Mubyo bashizeho u mukono ni “ugufasha Igisirikare cya leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), k’urwanya Inyeshamba zo mu mutwe wa M23.”
Harimo kandi gufasha FARDC, “Kurwanya imitwe yose yitwaje imbunda ikorera k’u butaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.”
I bi byemezo bije gushimangira ibijanye n’ibyo gucyungira umutekano hamwe ndetse no kwirinda kw’ibihugu bya SADC aho ibiganiro byinshi byari bimaze igihe bi huza abayobozi bagize bino bihugu bya SADC birangiye habaye igikorwa cyo kohereza ingabo zo ku garukana amahoro M’uburasirazuba bwa Congo.
Tu bibutseko iz’i ngabo z’i bihugu bya SADC zi riguteguzwa koherezwa muri RDC byavuye ku busabe bw’igihugu cya Congo aho RDC ishija ingabo z’ibihugu byo muri Africa y’iburasirazuba ku na nirwa ku garura amahoro M’uburasirazuba bwa Congo ndetse akabarico gikuru leta ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi, ya shingiyeho bakura icyizere ku bihugu byakarere berekeza amaso yabo mu m’Ajyepfo ya Afrika.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.