Akarere ka Mweso, ko muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu, tariki 22/11/2023, kigaruriwe n’ingabo z’u mutwe wa M23.
N’inyuma y’imirwano ikaze yatangiye kuri uyu wa Kabiri, tariki 21/11/2023, aho impande zombi zahanganye kuva mu masaha y’igitondo cyakare biza kurangira M23 yambuye ingabo za RDC ibindi bice biri mur’iyi teritware ya Masisi nka Localite ya Indondo na King ndetse n’ahandi nka Muhongozi arinaho i mirwano y’ejo hashize bwije ariho igeze.
Amakuru yavuze ko ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo, ko bari bahungiye muri aka karere ka Mweso ahagana isaha z’umugoroba wajoro ndetse bivugwa ko M23 ya birukanye ibavana muri Muhongozi igarukira ku Cyambu cy’uriya Mujyi wa Mweso.
Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira dukesha u muturage uturiye ibyo bice bwana Jean Kanani yaduhamirije ko M23 imaze kwambura ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa aka gace ka Mweso ko muri teritware ya Masisi.
Yagize ati: “Ubu tuvugana u mutwe wa M23 umaze kwirukana ingabo za FARDC muri Mweso.”
Nimugihe kandi ziriya Ngabo za RDC zari za zindutse zigaba ibitero mu bice bya Kirolilwe na Kalenga ho muri teritware ya Masisi. N’ibitero FARDC yateye ikoresheje kurasa ibisasu bimwe bigaterwa ahari abaturage ibindi mu birindiro bya M23.
Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yanamaganye ibyo bitero aho yavuze ko ihuriro ry’ingabo za Kinshasa zirikurasagura buzira gukadiriya.
Ati: “Ririya huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bararasa buzira kureba neza kuko bari gutera ibisasu mu baturage. Ibi bisasu Ntagushidikanya ko barabitera kugira ngo abaturage bakuke u mutima.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.