Abasirikare 26 bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo(FARDC), i Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batawe muriyombi bazira kwi kanga Ingabo zitiriwe Ishamba ry’Isarambwe (M23).
Nk’uko bya vuzwe n’uko bariya basirikare kwari 26, bahagaritswe kuva kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 02/01/2024.
Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira avuga ko bariya basirikare bamwe muribo bikanze Ingabo zo mu mutwe wa M23 abandi bakaba barazize kwanga kurwanya M23.
Ubuhamya twahawe kuri MCN, bugira buti: “Ku wa Kabiri w’ejo hashize, amasasu y’umvikanye arasirwa i Mubambiro no mu Mujyi wa Sake, abayarashe bari bikanze, Ingabo zo mu mutwe wa M23.”
Ubuhamya bukomeza bugira buti: “Hari n’abandi basirikare bahakanye ko batazongera kuja mu rugamba na M23. Iperereza rikomeje gukorwa ngo hatahurwe abasirikare bose batinye kuzongera kuja m’urugamba na M23.”
Ibi bibaye mugihe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca RDC, hakomeje kuvugwa urwikwekwe mu basirikare bakuru, aho bamwe bashinjwa kuba bashaka guhirika u butegetsi no gushigikira imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo na M23.
Mu ijoro ryakeye ryo kw’itariki ya 02/1/2024, urugo rwo kwa Gen Tangufort Amis, rwagezemo itsinda ry’Abasirikare benshi bo mu bashinzwe kurinda u mukuru w’igihugu. Gen Amis Tangufort, akaba azira kuba yaraketsweho gushaka guhirika u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, no gushigikira abarwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.
Imirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, imaze imyaka itatu irenga. N’imirwano yagiye iha M23 kwa mbura ibice byinshi biri muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.