Abasirikare ba Barundi bari bakurikiye Inka zanyazwe na Mai Mai bagarutse.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 15/08/2023, saa 8:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu wa Mbere, Inka za Banyamulenge zigera 15 zanyazwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa Mai Mai . Iz’inka zanyagiwe mu Kivogerwa, homu Mikenke , Secteur ya Itombwe, teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.
Nyuma yuko iz’inka zari zimaze kunyagwa abasirikare bo muri Batayo ya Taxes Force igizwe na Basirikare ba Barundi bari muri Kivu yamajy’Epfo, murwego rwo kurwanya Inyeshamba z’ibarizwa ku butaka bw’igihugu ca RDC. Batanze ubufasha ba kurikira iz’inka zari zanyazwe n’inyeshamba za Mai Mai Bishambuke.
Iz’inka zanyazwe mugihe mu Mikenke hari ibiganiro byamahoro birimo Abanyamulenge, Ababembe, Abanyindu ndetse na Bapfulero, harimo n’Abayobozi batandukanye na bahagarariye teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira. Harimo Kandi na Brigadier General Ehonza Andre Oketi, uyoboye Brigade ya 12, ireba imisozi miremire y’Imulenge.
Ingabo za Barundi, mu gukurikira Inka zanyazwe bari basezeranye ko bari bugaruke aruko iz’inka zabonetse zose. Gusa bakigera ahitwa kuri Gasopo ho mu Mibunda, basakiranye nizi Nyeshamba zanyaze Inka iyo mirwano yatumye Abasirikare ba Barundi, bagarura Inka zitandatu(6) harimo n’intama 11.
Kuruyu wa Kabiri, amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko iz’ingabo zagarutse nimugihe bari bamaze guheba kuko babwiwe ko izo za nyazwe, Mai Mai Bishambuke, yabashe kuzinjiza amashamba ya Mwenga.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.