Abarwanyi batatu bo mu mutwe wa Mai Mai Bishambuke batawe muri yombi i Misisi.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 05/08/2023, saa 5:50Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Batatu(3) muba rwanyi bo muri Mai Mai Bishambuke, bafatiwe i Misisi homuri teritware ya Fizi,mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo. Aba barwanyi ba Bishambuke bafashwe n’ingabo za FARDC zo muri brigade ya 3305 zifatanije n’ingabo z’u Burundi (FDNB) ziri murico gihugu kubufatanye bw’ibihugu byombi(Congo & Burundi) ubu bumwe bw’izi ngabo bukaba bwarahawe izina rya “Taxes Force”.
Mu makuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News, nuko itabwa mu riyombi ryaba barwanyi ba Bishambuke, byabaye kuruyu wa Kabiri ubwo hari habaye gusakirana hagati y’uyu mutwe wa Mai Mai Bishambuke n’ingabo za Barundi aho zari zifatanije na FARDC.
Aya makuru yemezwa na ba basirikare bo muri brigade ya 3305 bakorera i Lulimba. Abaturiye ibice bya Misisi b’ishimiye iritabwa mu riyombi ryaba barwanyi ba Bishambuke nimugihe aba baturage bashinjaga Bishambuke kuba nyaga utwabo.
Ati: “Izi Nyeshamba za Mai Mai Bishambuke, baradutoteza kandi bakatunyaga nu twacu ndetse bagasahura ni nzahabu mubirombe biherereye i Misisi. Aba barwanyi kandi baradukubita. Ikindi nuko bakoraga nama barière zo gukomeza kwambura abaturage.”
Abaturage baturiye teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira, bakunze gutaka batakira Guverinoma ya Kinshasa ko muribi bice izi Nyeshamba zihaba zikunze kubashimuta, kubica ndetse nokunyaga abaturage tutibagiwe ko bafata no kungufu abi gitsina gore.
Ayamakuru yemeza ko kuruyu wa Kabiri habaye imirwano idakabije ariko iyo mirwano ikaba yarangirije ibirindiro bya Mai Mai Bishambuke biherereye mugace ka Misisi ho muri teritware ya Fizi.
Ni mugihe kandi muribi bice bya Lulimba havugwa ko haheruka koherezwa ingabo za Barundi kuja guhiga imitwe y’itwaje imbunda harimo ni ko moka mu gihugu c’u Burundi, nka Red Tabara na FNL ya Gen Aloys Nzabampema.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.