Abana b’Imfubyi ba Banyamulenge, ba cyumbiwe mu nkambi y’impunzi iherereye i Nakivale, muri Isingiro District mu m’Ajyepfo y’i Gihugu ca Repubulika ya Uganda bemerewe kwi shurirwa kw’Ishuri.
N’ibyatangajwe na Director Sematungo Patrick, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 22/01/2024, ubwo yari yakoranije Abadamu ba bapfakazi ku kigo cy’Ishuri abereye umuyobozi, cya Parents Nursery School Nyarugugu.
I ki kiganiro cyari cyi tabiriwe n’abadamu ba bapfakazi basaga 40, bafite Abana b’Imfubyi biga ku bigo by’Amashuri atandukanye ari Nakivale. Hari hitabye kandi n’abagize komite y’iri shuri rya Parents Nursery School Nyarugugu, perezida wa komite Ndagiro na visi we Pasiteri Saint Cadet Misigaro.
Yavuze ko Abana b’Imfubyi bazarihirwa ishuri ari abaherereye mu nkambi y’impunzi ya Nakivale, Rukinga na Kyaka, ariko bose bakazahagararirwa nawe, Sematungo Patrick.
Ati: “Aba bana mirongwitanu bazafashwa kwi shuri n’abari Nakivale na Rukinga ndetse na Kyaka.”
Abadamu ba bapfakazi bahawe n’umwanya wo kubaza ibi bazo.
Haje kubaza uwitwa Gikobwa, abaza ati: “Ko utubwiye ko Abana b’Imfubyi bazafashwa ko ari 50 gusa, kandi abapfakazi ba Nakivale berenga 400 ubwo bizagenda gute?”
Havuze uwitwa Pasiteri Misigaro, yagize ati: “Rwose twebwe nta kindi two vuga usibye gushimira abo bagira neza batekereje gufasha abo batazi. Umuntu wese utekereza kugira neza aba ari kumwe n’Imana.”
Yakomeje agira ati: “Mu tubwirire Josiane Nyamubyeyi, ko tu mushimiye. Gutekereza neza n’i umugisha uva ku Mana, abatekereza kugira nabi, nabo baba bakorera satani.”
Mu bisanzwe Josiane Nyamubyeyi, asanzwe afasha Abana b’Imfubyi ariko kandi afasha n’Abakobwa ba Banyamulenge ba ba barabyariye iwabo harimo n’abo atungiye mu Rwanda, nk’uko bya vuzwe na Sematungo Patrick.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.