Kugicamunsi c’ejo hashize tariki 21/09/2023, ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo( FARDC) zo muri brigade ya 12 ifite icicaro mu Minembwe zakoresheje i Nama mu Minembwe.
Yari i Nama yahamagajwe mo ingeri zose zabaturiye agace ka Komine ya Minembwe, abo muri Soseyete sivile, abahagarariye uruby’iruko, abashumba ba Matorero naba Chefs bayoboye ama Localite.
Iyi Nama ikaba yari yobowe na Brigadier General Andre Oketi Ohenzo. N’kuko iyinkuru tuyikesha bamwe mubaturage baturiye ako karere nuko Gen Andre Oketi Ohenzo, yari yariye karungu ubwo yarimo akoresha ibyo biganiro nimugihe yavuze amagambo asharira ayabwira abitabiriye ibyo biganiro.
Brigadier General Andre Oketi Ohenzo, yagize ati: “Mu Minembwe maranye namwe amezi akabakaba icenda(9), nagerageje uburyo bwose ngo ngarure umutekano ariko hari byakunze n’ibitarakunze. Gusa mbabwire ko amazi amaze kurenga inkombe bivanye n’ibyo Twirwaneho irimo gukora, bamaze kurenga umurongo utukura.”
Gen Oketi Ohenzo, ngo akaba yarasezeranije abitabiriye iyo Nama ko ingabo ze zigiye kuza zihamagaza ibyitso bya Twirwaneho ndetse ko nomuribyo biganiro yahise agaragaza ko harimo abo azi bakorana na Twirwaneho ko kandi bagiye kuza bahamagazwa bagahatwe ibibazo n’abashinzwe umutekano mungabo ze.
Muriyo Nama kandi Gen Andre Oketi Ohenzo, yadomye urutoki kumushumba w’itorero rya CELPA uheruka kwicwa arasiwe mugace Kasanganya, tariki 04/09/2023, aha akaba ari Mugitasha hafi na Mikenke. Bikaba bizwiko ibi bice bigenzurwa n’ingabo za FARDC na Mai Mai Bishambuke.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.