Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, haravugwa umutekano muke nimugihe ingabo za RDC ngozaba zamaze kwambarira urugamba rwo kurwanya umutwe w’inyeshamba wa M23.
Mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira yizewe nuko izi Ngabo za leta ya Kinshasa (FARDC) zamaze kujenga ibi Bunda byamizinga mubice byinshi biherereye muri teritware ya Masisi bagamije kurwanya ziriya nyeshamba za M23.
Bimwe mubice byamaze kugeramo abasirikare benshi ndetse n’ibi Bunda bikomakomeye harimo ahitwa Kurugi aha ngohashizwe abasirikare ba FARDC na FDLR bakaba bahashinze ni Mbunda bita BM na Kateusha.
Mugihe ahitwa Kabati ho hongerewe inyeshamba zizwiho gukorana byahafi n’ingabo za FARDC bo mutwe wa Nyatura na FDLR. Kurusengero na Makombo hari FDLR yonyine gusa.
Ahitwa King hari uruvange gwingabo za FARDC zivanze na Nyatura na FDLR.
Kumakara ho n’ingabo za RDC. Naho ahazwi nko mwifamu ya Kamanzi no kwa Sadron niho hari umu Colonel uzwi kw’izina rya Ruhinda usanzwe ayoboye umutwe w’inyeshamba wa FDLR ukomoka mugihugu c’u Rwanda.
Harandi makuru Minembwe Capital News yamaze kwakira avugwa ko ingabo za SADEC na Barusiya, kobamaze kw’injizwa rwihishwa bakaba bashizwe muri Sake. Ikindi gikundi c’ingabo ninshi za FARDC ngo cyageze mubice bya Gashuga hafi na Mweso bavuye Nyanzare.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.