Umushumba w’itorero rya Methodist Libre Mu misozi miremire y’Imulenge, Ruberwa Muhizi Ntayoberwa, yishwe arashwe na Mai Mai.
Uyu mushumba w’itorero rya Methodist Libre, yarasiwe mubice bya Sanganya, nimugihe yari yerekeje ahagomba ga kubera ibiganiro bitegura imishikirano ya Mahoro ihuza amoko yose aturiye ibice byomu Chohagati .
Nkuko iyo nkuru igera kuri Minembwe Capital News, dukesha abari mubice bya Mikenke homuri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Demukarasi ya Congo bagize bati: “Pasteur Ruberwa, yari asanzwe ari mukiraro cy’Inka mu Kamombo, habaye kuwa Gatandatu ajya mu Mikenke gusengera yo ararayo, kuwa Mbere yerekeza Mugitasha ahagomba ga kubera ibiganiro bihuza Abanyamulenge n’Abapfulero ndetse na Babembe, byari biganiro bitegura imishyikirano izaba kuruyu wa Gatanu nanone kandi ikaba izahuza amoko yose. Ubwo uyu Mugabo yari munzira ataragera aho ibyo biganiro byagombaga kubera n’ibwo Mai Mai yamwishe imurashe.”
Iyi nkuru ikomeza ivuga ko kuru wa Kabiri tariki 05/09/2023, aribwo umurambo w’uyu Mushumba w’itorero, watoraguwe kubufasha bw’abasirikare ba Barundi bo mwitsinda rya Task Force, bakorera mubice bya Mikenke nimugihe abaturage bari bagiye kubasaba ubufasha nyuma yuko uwo Mugabo yari yabuze.
Abanyamulenge cangwase Abatutsi bakomeje kw’icwa Muburasirazuba bwa Republika ya Demukarasi ya Congo . Aba Banyamulenge bagiye bicwa mubihe bitandakanye bazira ubwoko bwabo gusa bakomeje gutakira amahanga na leta ya Kinshasa aho kubumva hubwo bakarushaho kuvunira ibiti mu matwi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.