Aha twavuga nka Mai Mai, yigeze kuyoborwa n’uwitwa Mahoro, waje kwicwa arashwe na bagize umutwe wa P5, uyu mutwe wa P5 nawo ubwawo uzwiho kuba warakoranyeho n’izi Nyeshamba za Gumino gusa nyuma baza gushwana ahagana mu mwaka wa 2017. Gumino Kandi yakoranye igihe kirekire na Mai Mai Kijangara, ushinjwa kwica Abanyamulenge kurubu ufunzwe n’igisirikare cya Leta ya Congo mugace ka Uvira.
Ibi umutwe wa Gumino wagiye ubitera utwatsi kontaho wigeze ukorana niyi mitwe imaze kuvugwa haruguru.
Kuri none haribazwa intego y’uwo mutwe wa Gumino?
Haribazwa umurongo nyawo wizi Nyeshamba za Gumino ahanini ziganjemo abavuka mu misozi y’Imulenge ariko batavanga abasirikare babo na Baturage b’irwanaho!!
Minembwe Capital News, yamaze kumenya ukuri neza ko izi Nyeshamba za Gumino zifitanye lmikoranire inoze na Batayo idasanzwe yahimbwe izina ngo ni: “Tax force.”
Batayo ya Taxes Force, igizwe na Batayo zibiri( 2), harimo Batayo yabasirikare bavuye mu Burundi, na Batayo igizwe na basirikare bo mungabo za RDC. Ubumwe bw’izi ngabo bukaba bushingiye kumasezerano y’ibihugu byombi yabayeho ahagana mu mwaka wa 2022, kugira barwanye Inyeshamba ziri muri Kivu yamajy’Epfo zirwanya Kinshasa na Bujumbura.
Mumakuru yizewe agera kw’Isoko ya Minembwe Capital News, avuga ko Ejo hashize ingabo za Gumino zakoranye lnama nizi Ngabo zigize Taxes Force (Fardc & FDNB), ziri murwego rwoguhasha inyeshamba, iyo nama ikaba yarabereye mu bice bigize Groupement ya Bijombo.
Haribazwa icyo Gumino yaba Ishaka kugeraho?
Aha hari ibi bazo bibiri : 1.Izi Nyeshamba za Gumino zaba zishaka kuja mu gisirikare cya FARDC ? Cyangwa se nu gufatikanya niki gisirikare mu bikorwa bakora byokurwanya Inyeshamba kandi nabo ubwabo ari Nyeshamba? .
Aha kandi Minembwe Capital News, yakoranye ikiganiro nabo mubwoko bwa Bapfulero, maze Abapfulero bavugako bo ubwabo ba banye neza n’izinyeshamba za Gumino, kandi ko ba bona zidashobora kongera kubahuza hagati yabo na Banyamulenge, mu rwego rwokongera guturana
Ibi Abanyamulenge bo bakibaza niba bazaturana na Bapfulero, Ababembe na Banyindu mugihe Inka za bo zigitunzwe nabo kandi aribo bazinyaze. Aba banyaze Inka za Batutsi, bahoze araba turanyi babo kandi aba Bapfulero bashinjwa na Banyamulenge kubica no kubiba mubihe bitandukanye.
Ikigarukwaho hagati ya Gumino na Twirwaneho?
Hazamo amagambo y’impaka zidashira ahanini zishingiye kuba Gumino ikorana byahafi na bica Abanyamulenge, mugihe Gumino yo izana impaka zishingiye ahanini kuri Diaspora.
Izi mpaka zikaba zimaze imyaka irenga itanu hagati ya Gumino na Twirwaneho. Abanyamulenge bakunze gucya umugani ngo: “Kuvukana nikimwe no gushirahamwe mugakorera hamwe ni kindi.” N’inde uza zana amahoro mu Banyamulenge?? Mose wabo arihe?
naturally like your web-site however you need to check the spelling on quite a few of your posts. Many of them are rife with spelling problems and I to find it very troublesome to tell the truth on the other hand I?¦ll certainly come again again.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
naturally like your web-site however you need to check the spelling on quite a few of your posts. Many of them are rife with spelling problems and I to find it very troublesome to tell the truth on the other hand I?¦ll certainly come again again.
Very excellent information can be found on web site. “Never violate the sacredness of your individual self-respect.” by Theodore Parker.