Hatoraguwe imirambo 11 mugace ka Rubona aha heruka kubera imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’imitwe ishigikiwe na Guverinema ya Kinshasa.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 16/07/2023, saa 8:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
N’imirambo yatoraguwe Kuri iki Cyumweru, itariki ya 16/07, yatoraguwe ari imirambo 11 ku musozi wa Rubona, muri Cheferie ya Bwito, homuri teritwari ya Rutshuru.
Iyi mirambo itoraguwe nyuma y’imirwano yabaye kuruyu wa Gatandatu hagati ya M23 na Mai-Mai, Nyatura ndetse na Wazalendo .
Kuruyumunsi kandi inyeshyamba za M23 zavuye mu mujyi wa Bukombo, nimugihe bari baheruka kuhigarurira bahambuye imitwe y’inyeshamba ishigikiwe n’a Guverinema ya Kinshasa.
Nyuma y’iyi mirwano iheruka, muribyo bice nibwo mu gitondo cyo kuriki Cyumweru hagaragaye imirambo nk’uko byemezwa na sosiyete sivile ya Bukombo.
Aya makuru avuga ko abo bishwe bari mu urubyiruko rwa bagize itsinda rya Wazalendo bakaba baguye mumirwano ubwo bahanganaga n’inyeshyamba za M23 mu midugudu ya Kojo, Kijugu, Tongo, ndetse na Kahembe, homuri Groupement ya Bukombo nk’uko bivugwa nabari muribyo bice.
Ibi nibice byari byigaruriwe n’inyeshyamba za M23 mu minsi itatu ishize y’imirwano. Amakuru amwe avuga kandi ko Umudugudu wa Kashovu, wo muri Groupement ya Bukombo waba waratwitswe ugakongoka burundu mu gihe cy’imirwano.
Imiryango amagana yo mu mudugudu wa Bukombo, Teritwari ya Rutshuru yahunze kuva ku wa Gatatu, itariki 12/07, yerekeza mu Mugace ka Mweso, muri teritwari ya Masisi muntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.