Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 29.05.2023, saa 1:45pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Inyeshamba zo mumutwe wa Mobondo, zirwanira mumajy’Epfo ya Kinshasa, byavuzwe ko ibitero byabo birimo gusatira umurwa mukuru wa Republika ya Demokarasi ya Congo (Kinshasa) aho byemejwe ko bageze mubirometre 400, ibi nibyatangajwe na Radio Okapi.
Izinyeshamba zatangiye guhangana kuva nomumyaka ishize haheze igihe kitari gito zibica bigacika mubicye bya Maïndombe, bikavugwa ko Intambara yabo yaba ikomoka kumakimbirane ya Bateke na Yaka, aya akaba ari amoko aturiye ako gace. Ibitero byabo byongeye gukaza umurego muruyumwaka wa 2023, aho mwijoro ryo kw’itariki 16.05.2023, izinyeshamba zakozanijeho nabashinzwe umutekano mugace ka Maïndombe, byemezwa nigisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo ko murico gitero caguyemo abantu 10 harimo icenda mubashinzwe umutekano.
Muricogihe leta ya Kinshasa, yatangiye guhwihwisa ko izonyeshamba zoba zifite Igihugu gishobora kuba kirinyuma yabo nkuko byatangajwe numuwe mubanyamakuru wu mukongomani ukorera urubuga rwa Congo Uni.
Ibitero bya Mobondo, byongeye gukaza umurego mugihe kuriki cyumweru, tariki ya 28.05.2023, Karim Khan, umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpuzamahanga mpana byaha rwa ICC / CPI, yageze muri Republika ya Demokarasi ya Congo.
Bikaba byitezwe ko aje murwego rwogukurikirana abafite ibyaha byomuntambara dore ko RDC imaze igihe kingana nimyaka 25 iri muntambara.
Biteganijwe ko kandi azagirana umubonano na Dr Denis Mukwege, uheruka gutsindira igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel, aho hari mumwaka wa 2018.
Akazakomerezaho no kubonana n’imiryango itandukanye yibasiwe n’ihohoterwa rimaze imyaka myinshi muri Republika ya Demokarasi ya Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.