Président wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo , Felix Tshisekedi, yashinje ingabo z’umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba kudakora ibibagenewe mu kugarura umutekano mwiza mu burasirazuba bw’ikigihugu cye.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 10.05.2023. saa 7:55 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Président Tshisekedi wa Republika ya democrasi ya Congo (RDC), kuruyu wa mbere yatangaje ko ingabo zibihugu bya Africa Y’iburasirazuba (EAC) zidakora icazizanye ngozirinde umutekano mubice bagenzura.
Ibi yabitangaje ubwo yari muruzinduko rwakazi mugihugu cya Botswana avuga ko izo ngabo za EACRF zikorana n’inyeshyamba zomumutwe wa M23 urwanira uburenganzira bwabo nababo, kandi ko zishobora kuva mu gihugu cye mu mpera zuku kwezi kwa 6.
Ibi yabitangaje nyuma y’umunsi umwe inama iraterana y’abayobozi b’umuryango wa SADC muri Namibiya, aho muriyo nama banzuye ko bazohereza ingabo zabo mu burasirazuba bwa Rdc.
Ibihugu bya SADC birimo Afrika y’Epfo, Angola, Tanzaniya, Namibiya, Zambiya, Mozambike, Zimbabwe na RDC.
Ibi kandi byaraye bitangajwe n’umuvugizi wa Republika ya democrasi ya Congo bwana Patrick Muyaya, ubwo yarikumwe nitangaza makuru kumurwa mukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo i Kinshasa, Patrick Muyaya yavuze ko ingabo za EAC zigize amezi atarimenshi muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo zishobora gusezererwa vuba bagasubira mubihugu byabo, ngo kuko badakora inshingano zabo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.