Yanditswe n’a Bruce Bahanda, Tariki 09.05.2023. Saa 10:20 pm, kumasaha ya Bukavu n’a Minembwe.
Amakuru yizewe amaze kumenyekana nuko Matthias Rushambwa, waruheruka gufungwa ninzego zishinzwe umutekano muri Uvira homuri Republika ya Democrasi ya Congo (RDC), yafunguwe habanjye gutangwa indonke.
Mathias Rushambwa, yafunzwe kw’itariki 29.04.2023, akaba yarahagaritswe mugihe yaragiye gutanga raporo(rapport), i Buvira kuri Teritware, igihe yageraga kubiro byaho yagombaga gutanga raporo, yahagaritswe ninzego zishinzwe umutekano zimubwira ko arumwe mubanyamulenge bafashije benewabo guhabwa Carte d’électeur , mumisozi miremire y’Imulenge.
Bwana Mathias Rushambwa, akaba yarahagarariye Centre d’enrôlement muri Groupement ya Bijombo mugace kitwa Mugatanga, aha ni muri Kivu yamajy’Epfo.
Gusa byavuzwe ko kugira ngwafungugwe abari bamufunze basabye ko bahabwa indonke, iyindonke yaratanzwe. Mathias Rushambwa, abona kurekurwa nkuko ayamakuru twayahawe kuri MCN. Uyu mugabo akaba yarafunganwe nabandi ba Nyamulenge batatu, muraba batatu hakaba harimo abasore babiri bafatiwe kumupaka wa Uvira na Bujumbura.
Gusa byavuzwe ko Mathias Rushambwa, yafunguwe wenyine akaba yasizemo abasore babiri namugenzi we nawe wafunzwe azira kuba nawe yari Chef wa Centre d’enrôlement mugace ka Bijombo.
Ifungwa rya Mathias Rushambwa, nabagenzi be abenshi babivuga ko ari ibikorwa byurugomo bikorerwa Abatutsi muriki gihugu ca Republika ya democrasi ya Congo nkuko byagiye bivugwa kenshi ko Abatutsi batotezwa kandi rimwe narimwe bakabikorerwa ninzego zishinzwe umutekano muri Congo Kinshasa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.