Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 08.05.2023. Saa 7:25 am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Biteganijwe ko uyumunsi muri Namibia, hateranira inama yumuryango wa SADC, mwishamyi ryayo rya TROIKA, irishamyi nishamyi rishinzwe Igisirikare, numutekano mukarere, irishamyi rikaba riyobowe na President wa Republika ya democrasi ya Congo (RDC), bwana Félix Antoine Tshisekedi.
Muriyo nama biravugwa ko iza kuba irimo na President Félix Antoine Tshisekedi, mubyigwa hakaba haza kwibanda kucyifuzo cya President Félix Tshisekedi, aho agize igihe asaba uyumuryango kumuha ubushobozi bwokunganira Igisirikare cye kikabasha guhangana numutwe wa M23.
Biranavugwa ko iki cyifuzo leta ya Angola, igishigikiye aho nomuminsi ishize iki gihugu cyatangaje ko ingabo zacyo zigera Kuri 500 ziteguye kuja gutanga ubufasha muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Intambara iri muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo, Imaze umwaka urenga ibica bigacika hagati yihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa aho zihanganye ninyeshamba za M23.
Gusa ibintu bisa nibyatuje nyuma yibiganiro byahuje abakuru b’ibihugu ubwo bahuriraga i Addis Ababa ho muri Ethiopia kwitariki 17.03.2023.
Ingabo zakarere zikaba zigenzura Ibicye bitari bike muri Kivu y’amajyaruguru muri Teritware ya Masisi, Nyiragongo ndetse na Rutshuru.
Kugeza ubu umwuka mubi ukomeza gututumba hagati ya RDC nigihugu cyabaturanyi, nubwo ingabo za karere zigenzura Ibicye bitari bike muri Kivu yamajyaruguru. Nimugihe leta ya Kinshasa ikomeza gushinja leta ya Kigali gutera inkunga inyeshamba za M23, ibyo Kigali igize igihe ihakana ahubwo igashinja Kinshasa gukorana byahafi numutwe witerabwoba wa FDLR, umutwe urimo abasize bakoze Genoside mu Rwanda, mumwaka wa 1994.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.