Uhuru Kenyatta, wahoze ari President wa Kenya, kurubu akaba ari umuhuzabikorwa w’umuryango w’ibihugu by’Afrika y’iburasirazuba(EAC), yakoranye i Kiganiro na President Evalist Ndayishimiye wu Burundi kubyumutekano wa RDC.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kwitariki 07.05.2023. Saa 7:15 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Bwana Uhuru Kenyatta, wahoze ari President wa Kenya, kurubu ayobora inzira y’amahoro ya Nairobi, ku bijanye n’umutekano w’iburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo. Uyu munsi Kwa Mungu akaba yasuye President Evariste Ndayishimime w’Uburundi, kumurwa mukuru i Bujumbura .
Aba bayobozi bombi baganiriye ku bibazo bitandukanye bijyanye n’akarere ka Afrika y’Iburasirazuba(EAC). Muribi biganiro kandi aba bayobozi bombi bakoze no kumasezerano ya RDC na M23, amazezerano amaze imyaka irenga 10 ya Addis Ababa ho muri Ethiopia.
Uhuru Kenyatta, yageze i Burundi, kuruyu wa gatandatu tariki 06.05.2023, nimugihe abayobozi bakarere ndetse n’Amahanga bari bafite inama i Bujumbura, iyo nama kwarikugira ngo basuzume aho amasezerano ya gahunda y’amahoro n’ubufatanye hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo n’akarere yasinywe i Addis Abeba mumyaka yashize.
Tubibutsa ko mubiganiro byahuje aba yobozi bakarere ka Afrika y’iburasirazuba(EAC), President wa Kenya Dr William Samue Ruto, ntiyatabiriye Kuko yariyaserukiwe na Minisitiri w’intebe wo mugihugu cye nanone kandi President wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame, nawe yaserukiwe na Minisitiri w’intebe.
Muribi biganiro umunyamabanga mukuru wa L’ONI Antonio Gouterres ndetse na President wa UA, babashe kubyitabira Nkuko byavuzwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.