Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo, abakora uburaya bahawe amasomo akomeye.
September 19, 2024
Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).
September 20, 2024
Topic: Mbese Inazareti harichiza chahaturuka?
TEXTE:
YOhana:1:46Natanayeli ara mubaza ati “Mbese i Nazareti hari icyiza cyahaturuka?” Filipo aramusubiza ati “Ngwino urebe.”
aha ni mukiganiro Cya Filipo na Natanayeli Filipo amubwira ko babonye Yesu “uwo Mose yanditse mu mategeko, n’ abahanuzi bakamwandika twamubonye. ni Yesu mwene Yosefu w’inazareti.” Kuri Natanayeli bya ribitangaje kumvako INAZARETI hova icyiza kandi kigaturuka kwa Yosefu w’inazareti wumubaji !! numugabo waruzwiko ari mukigero cyo hasi giciriritse cyu bukene nicyo cyatumye Natanayeli atangara!! ikindi kandi INAZARETI, hari murukiga mucyaro kibi.
Devp: Burigihe abantu babonako ibyiza atariwewe bikwiriye cyangwa bibereye bitewe namateka bakuziho yawe cyangwa yanyu (mwanyu mu muryango) ikindi imvugo za bantu zitandukanye nimvugo y’lmana nokureba kwa bantu gutandukanye nukw’lmana ikindi ubushake bwa bantu buhabanye nubw’lmana
Soma
Matayo: 2: 6 Nawe Betelehemu ho mu gihugu cya Yuda Ni ukuri nturi mutoya mu midugudu ikomeye ya Yuda, kuko muri wewe ari ho hazaturuka umutware uzaragira ubwoko bwanje bw’Abisirayeli.
Soma,
Luka:1: 26-35, aha hatubwira amakuru ya
Marayika Gabriel atumwa n’lmana mu mudugudu1 wo muntara ya Galilaya witwa Nazereti agenderera Mariya umwari wari warasabwe na Yosefu wo munzu ya Dawidi amuha inda mukanyo itangaje amwita Uhiriwe kuko lmana irikumwe nawe amuha ubutumwa bukomeye ko aza sama inda ko aza byara umuhungu aza mwite Yesu azaba mukuru, azitwa Umwana w’Isumba byose kandi Umwami Imana iza muha intebe y’ubwami yasekuruza Dawidi azima munzu ya Yakobo iteka ryose Ubwami bwe ntibuzashira.
Mariya agira ikibazo abaza Marayika ati *”Ibyo bizabaho bite ko ntararyamana n’umugabo?”
Burigihe natwe lmana iyo itubwiye ikintu gikomeye iza dukorera cyangwa izadukoresha twibaza ibibazo byinshi tubanza kwireba abo turibo?, aho dukomoka?, tureba uko duteye?, amashuri twize? na mateka yacyu ya kahise.
Mwibuke Gidiyoni nawe lmana imwita umunyembaraga kandi w’intwari ubwo yari yihishe abanzi babo(abamidiyani) lmana imusanga asekura ingano munsi yigiti yihishe lmubwirako ariwe uzakura ubwoko bwabo muburetwa bwa ba midiyani bari bamazemo igihe kirekire ariko we yatangiye kwibwira lmana uwo ari we kandi lmana imuzi ariyo ya mugendereye ayibwirako we ari muto yoroheje kandi mwabo ari nzu ntoya munzu ya Manasi ari munzu yabaherezi munzu za Bisirayeli ko ahari lmana yibeshe ikayoba Gidiyoni ayibwirako igomba gukoresha abandi bo muyindi nzu. Rero muri kamere ya muntu niko duteye buri gihe tubonako tudashoboye ariko lmana Iyo ija gukoresha umuntu ikoresha kenshi abanyantegenke kandi batuye muri bwihebe bacyishijwe bugufi.
Urugero rwa Dawidi
Soma
1samweri:16, lmana yamutoranyije muri bene Yesayi kuba Umwami ari umuhererezi mubahungu 8 lmugira Umwami wa lsiraheli yose.
Kuko lmana itareba nka bantu ntireba uburanga cyangwa nigihagararo ireba mu mutima
Niyompamvu yatoranyije umuhererezi hari bakuru be 7.
Urugero Samusoni uyu ni
Mwene Manowa umugore we yaringumba itigeze kubyara lmana ibabwirako ba za byara umwana wu muhungu kandi azaba umunaziri kuva avutse kugeza ashaje ndetse azaba Umucunguzi w’ubwoko bwabo akaza bukura muburetwa bwaba filisitiya.
Burya icyiza kiryoshe kiva mukibi
Urugero Ubuki buva ahantu hatari heza ariko buka ryoha
Isukari iva kure inyura munzira nyinshi kugirango ibe isukari
Soma Abacamanza:14:14arababwira ati Mu muryi havuyemo ibyo kurya,Kandi mu munyambaraga havuyemo uburyohe.
Igisubizo cyi Gisākuzo:
“Ni iki cyarusha ubuki kuryoha? Kandi ni iki cyarusha Intare imbaraga? Na we arababwira ati “Iyaba mutahingishije ishashi yanje Ntimuba mwishe Igisākuzo cyanje.
Ubakunda EV KAMUHORA JACQUES NTWAYINGABO.
Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.
© 2024 Minembwe Capital News- Amakuru yizewe.
© 2024 Minembwe Capital News- Amakuru yizewe.