Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo, abakora uburaya bahawe amasomo akomeye.
September 19, 2024
Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).
September 20, 2024
RUSSIA- UKRAINE WAR UPDATE
President wa America Joe Biden bivugwako yakomeje gusaba bucece Ukraine, gukorana imishikirano nigihugu c’Uburusia. Gusa kuriki kibazo babwira rubanda nyamwinshi ko batazagirana imishikirano nkeretse Vladimir Putin akuwe kungoma.
Amakuru dukesha Washington Post, avugako inteko ishinzwe umutekano wigihugu ntaco iravuga kuriyi nkuru yatanzwe. Ariko umuvugizi wa reta ya Washington yagize ati “Leta yu Burusiya ikomeje gukomeza intambara ati kandi ikomeje kwerekana ko ntabushake bwimishikirano ikeneye kuva batera Ukraine.”
Andi makuru nuko Iran, ribaye iry’ambere yemeyeko yagabye drone zintambara kub’Urusiya , ariko bavugako bazigabye intambara itaraba. Izi drone nizo zakoreshejwe mukurandura aho imbaraga zamashinyarazi ziva , ninyubako zabaturage.
Nanone kandi amakuru agera kuri Minembwecapital News nuko umuriro wongeye kugaruka muri Ukraine mugace ka Zaporizhzhia ahakorerwa imyuka kirimbuzi nyuma yiminsibiri uyumuriro bawukupye kubera urufaya rwinshi rwishe insinga zitwara umuriro nyamwinshi muriki kigo ca Zaporizhzhia.
Abasirikare baba nya Ukraine barashe umucamanza ukorera mugace u Burusiya bwigaruriye ko mu majaruguru ya Ukraine, akaba yaraherutse gukatira abanyamahanga babiri urwogupfa, mukwa 6/2022.
Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.
© 2024 Minembwe Capital News- Amakuru yizewe.
© 2024 Minembwe Capital News- Amakuru yizewe.