Imirwano hagati ya M23( abasore bahetse Isezerano), n’ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), nabafatanya bikorwa babo aribo Abacanshuro, FDLR ndetse n’a Maimai Nyatura, yakomereje muduce turi muri Territory ya Masisi muri Secteur yayo ya Makombo.
Nkuko twabiwiwe kuri Minembwe Capital News, nuko igitondo canone tariki 13.02.2023, imirwano ikaze yabereye muri Secteur ya Makombo, iri muri Territory ya Masisi. Iyimirwano yahuzaga ingabo zihetse isezerano aribo M23 n’ingabo za leta ya Congo (FARDC), nabafatanya bikorwa babo Abacanshuro (Wagner), FDLR ndetse n’a Maimai Nyatura, gusa bivugwa ko ingabo za M23 zaje kwigarurira iyo Secteur ya Makombo.
Secteur ya Makombo iri hafi nagace bita King kari muri birometre 10 numujyi wa Sake.
Ahandi habereye imirwano uyumunsi kuwambere ni muri Groupement ya Kaembe, nayo iri muri Territory ya Masisi ho muri Kivu yamajyaruguru.
Iyi mirwano umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma, yavuze ko ari ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), FDLR, Abacanshuro aribo babagabye ibitero kuri M23, nayo ibona kwirwanaho nkuko twabwiwe kuri Minembwe Capital News.
Ikindi uyumutwe wa M23 uvuga yuko leta y’Ikinshasa ikomeje kubagabaho ibitero bikomeye ikoresheje indege z’intambara mubice bya Territory ya Masisi : Kishishe, Kabati na Ruvunda ndetse no muri King.
Muri Territory ya Masisi, muriki cumweru turangije caranzwemo n’Intambara zurudaca hagati ya M23 na Leta ya Congo (FARDC)! gusa bivugwa ko ingabo za M23 zakomeje kwerekana ubuhanga murugamba, kugeza ubu Ingabo za leta y’Ikinshasa zikaba zitarabasha kubambura nagace gato.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
M23 ningabo dutezemo amahoro aho muri Kivu zombi gusa nibakomeze bagere kumasezerano yimana batsinde ubwo butegetsi bubi