Colonel Richard Tawimbi, yavuze ko u Rwanda atari rwiza kugihugu ca Congo, yagize ati : “Dufite icorezo icorezo dufite ni leta ya Kigali.”
Mutirabura Nyabitanga yagize icavuga kw’Ijambo rya Colonel Richard Tawimbi, yagize ati : “Nubwo Colonel Richard Tawimbi, atuka ur’Wanda ariko nimuburyo bwo kwihakirizwa kuri leta ya Felix Tshisekedi, kugira agume abone umugati muriyi leta y’Ikinshasa. Icambere yirengaje ko Leta ya Felix Tshisekedi, ariyo yica benewabo ab’Atutsi (Abanyamulenge), iyi leta niyo iha Maimai Bishambuke, ububasha bwogukomeza kunyaga Inka zabaturage bomubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge).”
Colonel Richard Tawimbi, yinjiye muri Gumino bakunze kwita iya Nyamusaraba, ubwo Gumino yambere yariyobowe na Colonel Venant Bisogo, yinjira ga muri leta ya Congo mumwaka wa 2011.
Colonel Richard Tawimbi, mbere yuko y’iyunga na Nyamusaraba yabanjye gufungirwa i Bujumbura, arangije gufungurwa nibwo yazamutse Imisozi miremire y’Imulenge, amaze guhura na Nyamusaraba yabaye umuyobozi mukuru w’uyu mutwe murwego rwagisirikare, gusa ntiyatinze kuko yahise aja Kinshasa tariki 28.08.20212, ariko nubwo yari muri Kinshasa yakomeje kwitwa umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Gumino.
Uyumugabo ufite ipeti rya Colonel Richard Tawimbi, tariki 16.01.2019, byigeze kuvugwa ko yatawe muriyombi ninzego zishinzwe umutekano i Kinshasa ariko afungurwa ataburanishijwe nkuko twabibw’iwe kuri Minembwe Capital News.
Kuri none umutwe wa Gumino bamwe mubaturage baturiye Imisozi miremire y’Imulenge bemeza ko uyumutwe washize abandi bakavuga ko uriho gusa kumenya umubare bawugize bikomeje kuba ingorabahizi, tariki 09.01.2023, byahwihwise ko uyumutwe wiyunze ningabo za Barundi ziri muri Minembwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Twategereye audio ya colonel tawimbi.
Ariko nagize akabazo gateye gatya: ese igihe yakoranaga n’a FDLR kuva nakazirimwe akageza niyinga bakoranaga iki? Ese baribasangiye umugambi wokuzatera urwanda? Eseko we ari umu congomani nizihe nyungu zogufatikanya nya FDLR kandibo arabanyarwanda
Mbega umututsi wigihone. Imbwa nimba tuuu. Yahaye yibwira ko #Kisekedi yazamukunda? Yoooooo ko mpaye mbona abakatanyama bazatumarira kucumu.
Uyu mumureke akomeze asebye uwakagombye kumurengera. Ameze nkumuhungu Nako ndetse umugabo gito wo mumurara w’Abitira witwa RUBERWA RICHARD asigaye ABA mubudage nawe yahaye yikomanga kugahanga ngo yanga cane u Rwanda Kandi arigwo rwamureze use wiwe amaze gupfira muri ya ndege yaguye mu Muminembwe. Nikigoryi.
ruhangakaboco561@gmail.com