Ibyo wa menya ku ruganda rwa mbere rw’Amata y’ifu rwa funguwe mu gihugu cy’u Rwanda.
Iki gikorwa cyo gufungura uruganda rw’Amata y’ifu rwa mbere mu Rwanda, cyafunguwe ahar’ejo tariki ya 24/07/2024, i Nyagatare ahahereye icyicaro cy’uruganda rwa Inyange Industries, nk’uko byatangajwe n’igitangaza makuru cya Radio 10, cyandikirwa i Rwanda.
Iki gitangaza makuru cyanatangaje ko mu gufungura uru ruganda ku mugaragaro, byakozwe na minisitiri w’intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente.
Uru ruganda rukaba rubaye urwa mbere rubayeho mu Rwanda. Ruzajya rutunganya toni 50 z’amata y’ifu ku munsi, naho amata yakamwe, ruzajya rushobora gutunganya litiro ibihumbi 500.
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, yavuze ko uru ruganda ko ruteganya kuzagirana isoko n’ikigo gishinzwe ibiribwa muri Afrika cya AIF(Africa Improved Foods).
Nanone kandi 80% y’umusaruro w’uru ruganda nyarwanda rw’amata y’ifu rwa mbere mu Rwanda, bizajya byoherezwa hanze y’u Rwanda mu bihugu by’ibituranyi by’u Rwanda mu karere ka Afrika y’iburasizuba ndetse no mu isoko rusange rya COMESA, no mu bihugu by’Abarabu, ahasanzwe hari isoko rinini ry’amata y’ifu.
James Biseruka, usanzwe ari umuyobozi mukuru wa Ingange Industries, yabwiye itangaza makuru mu Rwanda ko uru ruhanda ruzazanira abaturage impinduka zikomeye.
Avuga ko “mbere na mbere ruzazamura ingano y’umusaruro utunganwa na Inyange ugere hafi kuri litiro zingana na miliyoni imwe.”
Uru ruganda rw’Amata y’ifu rw’uzuye rutwaye miliyoni 54 z’amadolari y’Amerika. Rukaba rumaze gutanga imirimo ku bantu barenga 270, aho kandi rwitezweho kuzamura imibereho y’aborozi bo mu Ntara y’iburasizuba.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.