Umuvugizi w’u Rwanda, w’ungirije Alain Mukuralinda, yongeye guhumuriza abaturage b’igihugu cye, ku biheruka gutangazwa na Tshisekedi Félix, wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ko azarasa i bisasu ari i Goma, bikagwa i Kigali, ku murwa mukuru w’igihugu c’u Rwanda.
Ubwo Perezida Félix Tshisekedi, yiyamamazaga hagati mu kwezi kwa Cumi numwe (11) n’ukwezi kwa Cumi nabiri (12), uy’u mwaka w’2023, yavuze ko azarasa i Kigali y’icaye i Goma, yagize ati: “Ngiye gusaba Inteko ishinga mategeko ya RDC, banemerere nshore intambara k’u Rwanda, tuzarasa i Kigali twicaye i Goma. Icyo gihe perezida w’u Rwanda, azarara kure n’urugo rwe iyo mw’Ishamba.”
Mukaralinda, mu kiganiro yahaye Mama urwagasabo, yavuze ko bitabaye ubwambere Tshisekedi avuga ayomagambo,ko ahubwo ahorana amagambo y’ibikangisho.
Yanagaragaje ko igihugu cya RDC gihora gishotora u Rwanda, aho yavuze ku bitero bya RUD-URUNANA yagabye mu Kinigi, mu 2019, ibisasu FARDC na FDLR, bateye inshuro z’itatu, barasa k’u butaka bw’u Rwanda, Indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25, za FARDC kozigeze no kuvogera ikirere c’u Rwanda nazo inshuro z’itatu.
Umuvugizi w’u Rwanda, abwira abaturage b’u Rwanda ko ibyo byose biba ubusugire bw’u Rwanda burinzwe ko arinayo mpamvu bitakomeje.
Ibyuko ingabo za Tshisekedi zorasa i Kigali zicyaye i Goma, Alain Mukuralinda, yavuze ko bitapfa kuba kuko u Rwanda rufite za Radar zitanga amakuru mbere y’igihe.
Ati: “Kubera iki se igisasu cya kwambuka ki kava i Goma, kikarenga Musanze na Rulindo abantu barebera? Nta masasu ahanura ayandi se? Hari amasasu ahanura ayandi kandi nicyo yagenewe.”
Yunzemo kandi ati: “Ubwo urumva isasu ryava i Goma rikaza rikagwa i Kigali,? Nta Radar se ziba hano? Nta byuma bishinzwe kurinda ikirere c’u Rwanda?”
Alain Mukuralinda, yasoje abwira Abanyarwanda muri rusange ko u Rwanda rufite ibikoresho bihagije ko kandi bifasha igisirikare c’u Rwanda kurinda no kuzuza inshingano zabo.
Mukuralinda, yaherukaga kandi gutanga ikiganiro avuga ko ibyo Tshisekedi akunze kuvuga y’iyamamaza ahanini abashaka amajwi y’aba mutora ariko ko kandi ibyavuga aribintu Congo igize igihe yarabipanze kurasa u Rwanda ariko avuga ko u Rwanda ruri maso.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Comments 1