Nyuma y’iminsi ibiri gusa Tshisekedi atangaje ko mu gihe M23 ya kwibesha igafata agace gato ko yahita atera igihugu c’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu, M23 yafashe Lacalite zine.
Imirwano ikomeye yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023. N’imirwano bya vuzwe ko iri guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Abacanshuro na Wazalendo.
Nk’uko bya vuzwe iriya mirwano y’ubuye igihe c’isaha za saakumi na zibiri z’urukerera. Ikaba y’uburiye mu bice byo muri Localite ya Lupfunda na Busumba, muri Grupema ya Bashali, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
N’imirwano bivugwa ko yari ikaze aho ndetse umutwe w’inyeshamba wa M23, wongeye kwigarurira biriya bice bya Lupfunda na Busumba.
Nyuma ya Lupfunda na Busumba, iriya mirwano yakomereje mu nkengero za Rubaya ahazwi, ubutunzi bwinshi bw’amabuye y’Agaciro. Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha abaturage baturiye ibyo bice, baduhamirije ko umutwe wa M23 wa mbuye ihuriro ry’Ingabo za RDC, uduce twa Kinduzi na Gatama, duherereye muri Grupema ya Matanda.
Iy’i mirwano yongeye kubura mu gihe impande zirwana zari zasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, guhagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri(2).
Gusa abaturiye ibyo bice bahamya ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, arizo zashotoye umutwe wa M23 kuva k’umugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 21/12/2023, aho bivugwa ko habaye gukozanyaho buke.
Perezida Félix Tshisekedi, aheruka gutangaza ko mu gihe umutwe wa M23 wo kwibesha ugafata akandi gace gato ko muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo cyangwa bakarasa isasu rimwe i Goma, koyahita arasa i Kigali k’u murwa Mukuru w’igihugu c’u Rwanda.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.