I Dini Eklezia Katolika, Diyoseze( Diocèse) ya Goma, yongeye gutangaza ibyifuzo byabo ku gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi ba bitangarije abakirisitu babo nikuri uyu wa Gatandatu, tariki 09/12/2023. Ni bya tangajwe na Evêque Willy Ngumbi,
Yagize ati: “I cyifuzo cyacu ku gihugu cyacu turifuza ko Amatora azagenda neza. Turifuza ko twagira perezida mwiza kandi mushya.”
Yakomeje avuga ati: “Perezida twifuza ni umuntu uzaba azi kwita ku mibereho myiza y’abaturage ba kongo Kinshasa atarondoye ubwoko ubwaribwo. Ntabwo twifuza umu perezida uzaza gusa ngo ashake igihaza imifuko ye cangwa ngo yite kuri bashiki be gusa nabo bavukana.”
Ubushize kandi i Dini Eklezia Katolika, batangaje ko batizeye ikizava mu matora ateganijwe kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahanini bavuga ko iriya Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora ntakintu ikora kigaragaza ko barimo kuyategura neza.
Ati: “Ubwose n’iki cya twizeza ko ariya Matora azagenda neza? Nta nakimwe kuko ntibaranagaragariza abanyekongo umubare w’Abantu bazabasha kwitabira Amatora.”
K’urundi ruhande abiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu barakomeje, ni mugihe kandida Moïse Katumbi ufite nimero 3 kuri uyu munsi yageze i Kinshasa aho bivugwa ko yakiriwe n’abaturage benshi naho perezida Félix Tshisekedi we ari mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Tu bibutsa ko Amatora nyirizina azaba tariki 20/12/2023.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Ako nkuyemo naka ngo mwiza kandi ” mushya “.