Mu Rurambo, ho muri Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, i mirambo y’ihuriro ry’ingabo za FARDC n’abambari babo, k’umunsi w’ejo ahagana isaha z’umugoroba yahambwe n’itsinda ry’ingabo zo mu mutwe wa TAFOC ugizwe n’ingabo z’u Burundi gusa kuko FARDC yanze kwitabira icyo gikorwa.
Byanemejwe ko Maï Maï Colonel Chubwa, wari warazengereje akarere kose ko nawe yaraguye mu mirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21/11/2023. N’imirwano ririya huriro ry’ingabo za FARDC, FDLR, P5, Gumino na Maï Maï, bari bagabye igitero mu baturage bo m’ubwoko bw’Abatutsi, batuye mu Muhana wa Nyakamungu, ubalizwa muri Localite ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
I mirambo yose yashinguwe n’imirambo 57. Nk’uko Minembwe Capital News, yabwiwe n’uko ibikorwa rusange bindi byari byahagaritswe aho ndetse n’isoko irema k’umunsi wa Kane, iremeye mu Buzuke ntiyaremye, kugira bashingure iriya mirambo.
Gusa uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, ntavuga rumwe n’ingabo za TAFOC nyuma y’uko iriya mirwano irangiye kuko ashinjwa kwanga kugarura Inka zanyagiwe mu Gitembe . Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko ziriya Ngabo za TAFOC zasabye Alexis Nyamusaraba kuzigarura byanze bikunze maze ababwira ko zagarutse ariko izo nka ntizaragera i Kahororo nk’uko banyirazo ba bwiye Minembwe Capital News.
Iriya miryango y’anyazwe Inka ihamya ko harinka zahise zigarwa n’Abapfulero nyuma y’imirwano gato ariko hakaba harizindi zitaragaruka zo kwa Karenga na Masanga.
Ubu ingabo za Gumino na Maï Maï, ziri mu misozi ya Nyarurambi, hafi na Localite ya Kitoga. Ubuyobozi bw’ingabo za TAFOC bwasabye abaturage baturiye Gitoga na Kahororo gusabana ngo kuko abarwanye samoko y’Abapfulero n’Abanyamulenge. Ibi byatumye abaturage bo mu bwoko bw’Abapfulero batangira guhunguka bagaruka muri Localite ya Gitembe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.