Ukuriye u butasi bwa leta Zunze Ubumwe za Amerika, , Avril Haines, aheruka kugenderera u Rwanda na Congo Kinshasa, akaba yari kukibazo cy’u mutekano muke w’uburazuba bwa RDC.
U mukuru w’igihugu c’u Rwanda Paul Kagame ku Cyumweru, tariki ya 19/11/2023, yakiriye mu biro bye Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubutasi bwa Amerika, Avril Haines n’itsinda yari ayoboye, baganira ku bibazo by’umutekano muke muri Congo (RDC) nk’uko byatangajwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu by’u Rwanda.
Village Urugwiro, yatangaje ko ibyo biganiro byibanze uko hashakwa uburyo bwo gukemura no gushaka umuti urambye w’umutekano muke M’uburasirazuba bwa Congo Kinshasa.
Madamu Avril Haines yahise yerekeza muri RDC, ku wa Mbere, tariki 21/11/2023, yaganiriye na Perezida Félix Tshisekedi nk’uko ibiro by’umukuru w’Igihugu cya RDC bibitangaza. Bivuga ko ibiganiro naho byibanze ku mutekano wo M’uburasirazuba bwa Congo.
Ibi biganiro bibaye nyuma yaho Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Anthony Blinken, nawe mu ntangiriro z’uku kwezi yagiranye ikiganiro kuri telefoni na Perezida Kagame, baganira ku kibazo cy’umutekano muke M’uburasirazuba bwa DRC.
Muri icyo kiganiro kandi Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rushyigikiye amasezerano yo ku rwego rw’Akarere yagiye ashirwaho mu bihe bitandukanye agamije kugarura amahoro n’umutuzo muri DRC no mu karere muri rusange.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
well of course, everyone loves to get rich but not everyone would love to do hard work..