U mutekano warushijeho kuzamba k’u bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), mu bice bya Kibe na Kitutu, ho muri Cheferie ya wa Muzimu, muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Byavuzwe ko umwe mu bayoboye u mutwe w’inyeshamba wa Maï Maï, wiyita General Autoplocrame Nakiliba, yasezeranije ko icyitwa u mututsi n’ikimukomokaho kuri kitaza kandagira k’ubutaka bwo muri ibyo bice byomuri Kitutu na Kibe.
Maze asezeranya ko igihe hagize umwe mu batutsi ugera muri ibyo bice ubuzima bwe buzarangiriraho ko kandi hogira uhakandagira ntiyicwe we aziyica.
Yagize ati: “Mbarahiriye ko nta cyitwa u mututsi n’ikimukomokaho kizakandagira k’u butaka bwa Kitutu na Kibe. Abaye ahakandagiye ntiyicwe njywe Gen Autoplocrame Nakiliba nziyica.”
Yakomeje avuga ati: “Abatutsi n’inzoko ni ubwoko bubi Imana yarabavumye!!”
Nk’uko byakomeje bivugwa n’uko yavuze n’andi magambo yo kwita Abatutsi ko ari Abanyarwanda, Abanyamulenge nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mubaturage baturiye ibyo bice.
U muturage wahaye Minembwe Capital News, iy’inkuru ariko kubwo u mutekano we yanga ko dutangaza izina rye yavuze ko muri ibi bice haje Maï Maï ninshi zivuye mu Ntara ya Manyema no mubindi bice nka Shabunda bakaba baje kurema u mutwe uzarushaho kurwanya u mututsi.
Tu bibutseko muribiriya bice byo muri Kitutu kwariho haheruka kurasirwa u musirikare w’u mututsi Colonel Manzi Christophe, warashwe n’ingabo ze ba muziza ko ari uwo m’ubwoko bw’Abatutsi. Kuri ubu ari kuvurirwa i Bukavu kumurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.