I Masisi, haramukiye ibitero byagabwe n’ihuriro ry’ingabo za RDC, mugihe muri Arusha mu Gihgugu ca Tanzania hateraniye i Nama yiga k’u mutekano w’u burasirazuba bwa RDC.
U mutwe wa ARC/m23, urashinja Ingabo za leta ya Repubulika ya Demokorasi ya Congo, gutera i bi Bomba mu bice bituwe n’abaturage muri Kalenga na Kirolilwe, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Nk’uko umuyobozi w’uriya mutwe wa ARC/m23, Bertrand Bisimwa, yabitangaje yavuze ko biriya bisasu byarashwe igihe cyasaha mbili z’igitindo(8:20Am), cyo kuri uy’u wa Gatatu,tariki 22/11/2023.
Bisimwa yagize ati: “Ingabo zacyu za ARC/m23, zirimo gukora ibishoboka byose ngo zirwanye ririya huriro ry’ingabo za Guverinema ya Kinshasa, za zindutse zirasa ibisasu mu bice bituwe n’abaturage muri Kalenga na Kirolilwe.”
Yakomeje agira ati: “Biriya bisasu birimo kuraswa n’ingabo za Kinshasa bigamije gukura abaturage u mutima.”
No kumunsi w’ejo hashize, tariki 21/11/2023, i huriro ry’ingabo za Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo, bokoze biriya bitero mu nkengero z’u mujyi wa Kitshanga aho barimo batera ibisasu bikarwa muri Kitshanga na Kirolilwe. Gusa Ingabo z’u mutwe wa ARC/m23 zaje kurwana kubaturage birangira birukanye ziriya ngabo z’irwanira leta ya Kinshasa, bahungira ahitwa Mweso no mu nkengero zaho.
Imirwaro hagati y’ingabo za RDC n’u mutwe wa M23 uri mubyatunye abakuru b’i bihugu bongera guhurira i Arusha mu Gihgugu ca Tanzania aho barimo kwiga k’u mutekano ukomeje kuzamba M’uburasirazuba bwa RDC.
Nk’uko byavuzwe iriya Nama ngwikaba iza no kwibanda cyane k’umubano wa leta y’u Rwanda na Repubulika ya Demokorasi ya Congo. N’imugihe u mubano w’ibyo bihugu byombi ukomeje kuzamo amakimbirane leta ya Kinshasa ikomeza gushinja Kigali kuba nyiribayazana w’ibibazo biri muri RDC ahanini M’uburasirazuba bw’iki Gihgugu. Kigali yakomeje gutera utwatsi ibi birego hubwo igashinja Kinshasa kunanirwa gukemura ibibazo byabo ndetse no gukorana byahafi n’u mutwe w’itwaje imbunda wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.
I Nama iri Arusha mu Gihgugu ca Tanzania, yateguwe n’ibihugu by’Afrika y’iburasizuba (EAC), perezida wa RDC byavuzwe ko nawe ya yitabiriye n’ubwo yari mu gikorwa cyo kw’iyamamaza k’umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.