Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).
September 20, 2024
Hagaragajwe amakosa abantu bakora agatuma bahora mu bukene.
September 20, 2024
Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo, bongeye kugaragara biruka bavuye inyuma ibyo Abanyamulenge bakunze kwita kw’iruka amasigamana ni mugihe bahunga M23.
Nk’uko byavuzwe iriya mirwano yabereye munkengero z’u Mujyi wa Kitshanga mu bilometre 5 aho Wazalendo, FDLR na Frdc barasaga bari muduce twa Ndondo na Rusinga homuri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
U muvugizi w’u mutwe wa M23 mubyapolitike bwana Lawrence Kanyuka, yemeje ay’amakuru aho yanavuze ko ibyo bitero ingabo za RDC zabigabye bakoresheje i bibunda bikaze. Barasaga ibisasu bikitura mu Mujyi wa Kitshanga ahatuwe n’abaturage benshi.
Biriya bisasu kandi byaraswaga muri Kilolirwe naho homuri teritwari ya Masisi ahari ibirindiro bya M23.
Gusa amakuru dukesha u mwe mubarwanyi ba M23 yabwiye Minembwe Capital News ko ubu ziriya Ngabo zirwana k’uruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi, kozongeye kwiruka zivuye inyuma n’inyuma y’uko ingabo za M23 zarwanye kinyamwuga zibirukana muribiriya bice byo munkengero za Kitshanga mugace ka Ndondo na Rusinga byomuri Mubuu ifatwa nka Groupement.
Ubwo intambara iheruka yabereye ka Nyamahoro n’ibwo kandi ingabo za RDC zirutse amasiga Mana zihungira mu nkengero z’u Mujyi wa Goma.
Bruce Bahanda.
Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.
© 2024 Minembwe Capital News- Amakuru yizewe.
© 2024 Minembwe Capital News- Amakuru yizewe.