Kuri uyu wa Mbere, tariki 20/11/2023, ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Kinshasa, zashinze ibirindiro bikaze muri Luhonga bikingira u Mujyi wa Sake ntuje mu maboko ya M23.
Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, ingabo z’u Burundi na Wazalendo, bashinze i bibunda bikaze muri Luhonga agace kari mu bilometre 7 n’u Mujyi wa Sake ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko ziriya ngabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo ko bashize ibirindiro bikaze hariya muri Luhonga nyuma y’uko inyeshamba za M23 z’ ibambuye agace ka Kalenga nako kari mu bilometre 8 n’u Mujyi wa Sake ubarizwa mu bilometre 25 nu Mujyi wa Goma uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye Monusco zamenyesheje ziriya ngabo za RDC n’abambari babo kozahita zibatabara mugihe M23 yagaba ibitero muri Luhonga. U mwe mu baturage baturiye ibyo bice ya bwiye Minembwe Capital News, ko biriya bi bunda byanshinzwe muri Luhonga kugira zi zibire M23 ntifata Sake ko kandi ngo mugihe Luhonga yaja mu maboko ya M23 ingabo ziri muri Sake ko zahita zikuramo.
U mutwe wa M23 kuva k’umunsi w’ejo hashize, tariki 19/11/2023, baragenzura uduce dukaze turi impande ya Luhonga nka Kalenga yafashwe igihe c’isaha z’igitondo nagace ka Localite ya King.
Andi makuru n’uko uriya mutwe wa M23 ukomeje gukora ibikorwa by’iterambere ni mugihe batangiye gusana i Mihanda yari yarangiritse muri Kitshanga no munkengero zayo ndetse ko bamaze no gushinga ubuyobozi bushya muri aka gace ko muri teritware ya Masisi. Kitshanga yafashwe n’ingabo za M23 tariki 07/10/2023, nyuma y’imirwano ikaze yabahuje n’ingabo zirwana kuruhande rwa leta ya Kinshasa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.