Hamenyekanye Amakuru y’imboerakure yigize igitangaza muri leta ya Bujumbura ko kuri ubu ari muri Wazalendo na FDLR kurwanya M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Imbonerakure izwiho kuba u Muntu wiyemera mu gihugu c’u Burundi, Manirakiza Christophe, byamenyekanye ko yamaze kugera muri WAZALENDO muri Republika ya Demokarasi ya Congo aho yoherejwe kurwanya M23.
Iy’imbonerakure nk’uko iy’inkuru tuyikesha Pacifique Nininahazwe, yavuze ko avuka mugace ka Murambi muri komine Mutambu, i Ntara ya Bujumbura. Gusa uriya mwanditsi Pacifique Nininahazwe, ntiyagaragaje igihe Manirakiza Christophe y’aba yaragereye muri Wazalendo na FDLR kurwanya M23. Ariko amakuru yacu dukesha u mwe mubaturage baturiye i Bujumbura, yaduhamirije ko iriya Mbonerakure ko yageze muri RDC mumpera z’i Cyumweru dusoje ahagana k’u wa Kane, tariki 17/11/2023.
Iy’inkuru ikomeza ivuga ko i miryango y’Abarundi i Bujumbura nahandi mu Ntara zigize kiriya gihugu c’u Burundi ko bakomeje kurira nimugihe u munsi kumunsi ba babikira ababo ko biciwe mu mirwano irimo guhuza M23 n’ Imbonerakure z’u Burundi, Wazalendo, FDLR na FARDC , mubice byo M’uburasirazuba bwa RDC.
Mu Cyumweru gishize, nk’uko Ninahazwe yakomeje abitangaza yavuze ko hari abarundi baturiye mu Rumonge ba mu menyesheje ko hari abantu ba bo babikiwe ko batakibarizwa mw’isi y’abazima, ko kandi baguye m’u rugamba rwo kurwanya M23, i Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Gihugu ca RDC.
Bi baye mugihe kandi biheruka kumenyekana ko hari ingabo z’u Burundi 150 zaburiwe irengero muntanbara yabasakiranyije na M23 mubice byo muri Gurupema ya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo. Hakaba hamaze gupfa ingabo z’u Burundi 200 aho byavuzwe ko bapfiriye muntambara mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.