Mugihe u mutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa k’u munsi w’ejo hashize, tariki 14/11/2023, berekanye abasirikare b’u Burundi wafashe mpiri na none kandi haravugwa ko abasirikare b’u Burundi basaga 150 ba buriwe irengero muntambara barimo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Nk’uko iy’inkuru tuyikesha umwe mubasirikare b’u Burundi utashatse kwivuga izina uherereye muri Kivu y’Amajyaruguru yabwiye Minembwe Capital News, ko bariya basirikare b’u Burundi baheruka kwerekanwa ko bafashwe mpiri muntambara yo kw’itariki 05/11/2023, yabahuzaga na M23 munkengero z’u Mujyi wa Kitshanga, ubwo barwanaga muduce duherereye mu bilometre 8 n’uriya Mujyi.
Uriya musirikare yakomeje avuga ko harinabandi basirikare bapfuye benshi muribo abo bamwe bashinguwe i Kibumba muri teritware ya Nyiragongo abandi bagera kw’icumi na batanu (15), bajana imiribiri(ibiziga) yabo kuyishingurira i Burundi.
Yaje no kuduhamiriza ko abasirikare bakabakaba 150 b’u Burundi ko baburiwe irengero. Ubwo yabyiganiraga Minembwe Capital News, yahamije ko bariya basirikare 150 babuze ubwo bari m’urugamba rwabereye mu Kibaya cya Kibumba, bivugwa ko iyo mirwano yabaye murikiriya Cyumweru gishize.
Kibumba nimwe mu ma grupema manini agize teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kibumba centre iherereye mu bilometre bi barirwa 12 n’u Mujyi wa Goma.
Mubasirikare b’u Burundi berekanwe k’u munsi w’ejo ko bafashwe mpiri bavuze ko babwiko baje muri RDC kurwanya Abanyarwanda ariko ngo bamaze kugera k’ubutaka bwa RDC basanze abahatuye bose ari abanyekongo.
Kuba u mutwe wa M23 warafashe mpiri abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC ndetse na FDLR ngobiri mubintu bikomeje kwambika ubusa i Gihugu c’u Burundi n’ica RDC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Bazi Gushenga Abana n’abandi abobo biga neza bambaye neza