Kuri uyu wa kabiri, tariki 14/11/2023, u mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagejeje i jambo ku banye-Congo, rijanye n’ibyo yakoze mur’iyi manda y’imyaka itanu amaze k’ubutegetsi.
Perezida Félix Tshisekedi, yagerageje gushushanya inshusho y’ibyo yagezeho mur’iyi manda y’imyaka itanu. Nk’uko byagaragara kuri televiziyo y’igihugu ca RDC (RTNC), wabona ga yitsa ijambo amashyi akavuga. Ibi abikoze mugihe hasigaye iminsi ine (4), kugira kw’iyamamariza k’umwanya w’umukuru w’igihugu bitangire gukorwa k’umugaragaro mu Ntara zose zigize RDC.
Uriya mukuru w’igihugu, mubyo yerekanye yavuze “Ishyirwa mu bikorwa ry’uburezi bw’ibanze korikomeje kuba intsinzi ikomeye muri manda y’imyaka itanu ya perezida wa 5 mu mateka ya Congo Kinshasa.”
Ati: “Nta gushidikanya ko ishyirwa mu bikorwa ry’uburezi bw’ibanze ku buntu ari intsinzi ikomeye.”
Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’ibindi bice bigize i Ntara za RDC nka kwa Mouth, amarira yakomeje kuba menshi aho abaturage bakomeza kwicwa nk’inyamanswa kuruta mubihe byambere.
Ririya jambo rije nyuma yiminsi igera kuri 5 umusirikare w’u Munyamulenge mungabo za FARDC, Captain Kabongo Rukatura, yiciwe i Goma, azira ubwoko bwe Abatutsi yicwa urupfu ruteye agahinda, nimugihe kandi Lieutenant Vera yari aheruka kwicirwa i Kamituga azira ubwoko bwe Abatutsi.
U mwaka ukaba wari umaze gushira Major Joseph Kaminzobe yiciwe i Lweba muri teritware ya Fizi, azira ubwoko bwe Abatutsi.
Ibi kandi byabaye no mubindi bice nkahitwa Malemba Nkuru kuri uyu wa Mbere, tariki 13/11/2023, hiciwe umwana w’umukobwa uri mukigero cyimyaka irihagati ya 18 na 15 aho yishwe urupfu rwakoze kumitima yabenshi muri Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.