Umuvugizi w’igisirikare ca ARC/M23, yahamije ko igisirikare ca RDC (FDLR, Wazalendo, FARDC, Imbonerakure na Wagner) bateye ibisasu bakoresheje i ndege mubaturage.
Igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo, cyateye ibisasu muriki Gitondo co kuri uyu wa Gatatu, tariki 09/11/2023 muri Kilolirwe no munkengero zayo.
N’ibisasu bateye bakoresheje indege zo m’ubwoko bwa SUKHOÏ-25, ibi bisasu nk’uko Iy’inkuru tuyikesha umuvugizi w’igisirikare cya M23 bwana Major Willy Ngoma aho yamaganye ibi bitero bya leta ya Kinshasa.
Uy’umuvugizi wa M23 yanahamije ko ziriya ndege z’intambara zarimo zirasa ahari abaturage benshi muri Kilolirwe.
Major Willy Ngoma, yagize ati: “Ingabo zishizehamwe za RDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi FARDC na Wazalendo, bateye ibisasu bakoresheje i ndege ahatuwe n’abaturage benshi muri Kilolirwe no munkengero zayo.”
Ay’amakuru akomeza avuga ko ziriya Ngabo za FARDC n’abambari babo zagabye n’ibitero bikaze mugace ka Kausa nomunkengero za Rubaya. Ib’ibitero babigabye bakoresheje i bibomba bikaze bakabirasa ahari abaturage naho M23 iherereye.
Ibi bibaye mugihe leta ya Kinshasa yongeye gushinja Kigali gukoresha amayeri bagashira u Mujyi wa Goma m’u mwijima iy’inkuru tuyikesha ikinyamakuru ca Lepotentiel. Nk’uko byavuzwe ahagana mu masaha y’ijoro habaye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ingabo za RDC, bikavugwa ko ziriya Ngabo za FARDC n’abambari babo bateye ibisasu bigasenya amapoto yamashanyarazi bizakurangira u Mujyi wa Goma wongeye kuja mwicuraburindi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.