Ku bitaro bya Hõpital General de Réference de Minembwe, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, bongeye kugarurirwa igipimo cya Spectrophotometrie, cyarikigize igihe cyaribwe.
Nk’uko byavuzwe kiriya gipimo cyahoze muribi bitaro bya Minembwe, biterwa inkunga n’Itorero rya Zion Temple, binyuze kuri Bishop Dr Apostle Paul Gitwaza. Isoko yacu dukesha ay’amakuru, ivuga ko kiriya gipimo cyabuze m’ukwezi kwa Gatanu (5), ubwo umuganga mukuru wari ukuriye ibyo bitaro, bwana Dr Bertin Mushagalusa, yerekezaga i Bukavu, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Uyu Dr Bertin Mushagalusa, avuka m’ubwoko bw’Abashi, i Bukavu, yahoze ayoboye biriya bitaro mugihe yaramaze gusezera abaganga abereye umuyobozi mukuru kwagiye mw’ikonje nyuma gato aba baganga bagiye kwitera hejuru basanga igipimo ntigiheruka mubitaro bya Hõpital General de Réference de Minembwe.
Ik’i Cyumweru dusoje nibwo kiriya gipimo Dr Bertin Mushagalusa, yongeye kucyohereza agihaye abagenzi bava i Bukavu baja mu Minembwe, ho mu misozi miremire y’Imulenge. Ntabyinshi yigeze abwira bariya bakigejeje mu Minembwe byavuzwe ko gusa yabasabye ku kimugereza mubitaro bya Minembwe.
Twabibutsako ko Dr Bertin Mushagalusa, yavuye kuri ibi bitaro agiye mw’ikonji cangwa se mukiruhuko, ariko ntiyongeye kugaruka. Uwatanze ay’amakuru kuri Minembwe Capital News, yasabye ko uriya muganga ngo kubera ko yagiye yibye aho abereye umuyobozi ngo bikwiyeko adakwiye kongera kugaruka kuhakorera.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.