Col Michel Hyeroba, wo mungabo za EACRF, ziva mu Gihugu ca Uganda, yasezeranije ingabo ze kwitegura kw’irwanaho mugihe boramuka bagabweho ibitero bya Wazalendo.
Colonel Michel Walaka Hyeroba, wo mungabo za Uganda ziri m’ubutumwa bw’amahoro M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, murwego rw’u muryango wa EAC yasezeranije abasirikare be guhora biteguye kw’irwanaho mugihe boramuka bagabweho ibitero bya Wazalendo.
N’imugihe bariya Wazalendo, bahora bakangisha ingabo za EACRF ko babagabaho ibitero aho aba Wazalendo bashinja ingabo z’u muryango wa Afrika y’iburasizuba, EACRF, gufasha M23 igize igihe iri mu mirwano n’ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Aha rero niho Colonel Michel Hyeroba, aheruka gutangariza abasirikare be guhora biteguye kwirwanaho.
Yagize ati: “Tugomba guhora turi maso kandi twiteguye kugira icyo twakora mugihe twogabwaho ibitero.”
Mugitero ziriya Ngabo za EAC ziva Uganda ziheruka kugabwaho mubice byomuri teritware ya Rutsuru ahagana mumpera z’Ukwezi kwa Cumi (10) byaketswe ko ari Wazalendo. N’igitero cagabwe kumudoka yaziriya Ngabo aho cyasize gikomerekeje abasirikare ba biri ba Uganda.
Nikenshi Wazalendo bagiye bigamba kuzarasa ingabo z’umuryango wa EAC ahanini abavuye Kenya na Uganda. Dore ko hagiye haba n’imyigaragambyo iyobowe na Wazalendo ikabera mu Mujyi wa Goma, yamagana ingabo z’umuryango w’Afrika y’iburasizuba (EACRF).
Muri uku kwezi dusoje kwa Cumi (10), Wazalendo bari bahaye igihe ziriya Ngabo za Uganda n’iza Kenya amasaha 48 yokuba bavuye k’ubutaka bwa RDC bitaba ibyo bakabakura kuri ubu butaka bakoresheje imbaraga zagisirikare.
Wazando n’itsinda rigizwe ahanini n’abahoze mu mitwe y’inyeshamba irimo Mai Mai, Nyatura n’indi mitwe y’itwaje imbunda nka FDLR, kuri ubu iyo mitwe ifasha ingabo za FARDC kurwanya M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.