Abasirikare b’u Burundi babarigwa 2000, ngo nibo bamaze gupfira mu mirwano imaze igihe ibera M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.
Mu Makuru Minemwe Capital News, dukesha bamwe mu basirikare ba FARDC, bahamije ayo makuru ko arukuri.
Bariya basirikare b’u Burundi batangiye kwinjira mu mirwano ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR na Wazando, zihanganyemo n’umutwe wa M23 ahagana muntangiriro z’Ukwezi kwa Cumi(10), uyu mwaka, nimugihe imirwaro yari yongeye kubura nyuma yamezi agera kuri atandatu ntamirwano ihuza M23 naziriya Ngabo za Kinshasa, gusa habaga ibitero bya Wazando mubirindiro by’uriya mutwe.
Nk’uko ay’amakuru twayahawe n’uko k’ubutaka bwa RDC, hamaze kugera i Batayo zo mungabo z’u Burundi zitandatu(6), ngohakaba hiteguwe kuza indi Batayo igira iya Karindwi (7), nk’uko twayahawe n’Abantu bizewe.
Batayo y’igisirikare c’u Burundi, igizwe n’Abasirikare magana atandatu(600) mugihe iy’igisirikare ca FARDC yo igizwe n’Abasirikare bari hagati ya 750 na 800.
Ay’amakuru yakomeje avuga ko abasirikare b’u Burundi, abenshi baguye muntambara ya Kitshanga aho ndetse byemejwe ko hanaguye Colonel Manirakiza Jean Pierre, wari usanzwe mungabo zo mu mutwe wa Task Force, akaba yarashinguwe kumunsi w’ejo, tariki 01/11/2023, ashinguriwe i Burundi.
Muri Kitshanga kandi twabwiwe ko haguye undi musirikare w’u Burundi, windwanyi, akaba yarabarizwa mungabo za EACRF, Colonel Haringaji.
K’ubutaka bwa RDC har’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu mitwe ibiri izo muri Task Force zoherejwe kuri buriya butaka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo kurwanya Inyeshamba zirwanya ubutegetsi bw’u Burundi naziriya zo mungabo zo muri EACRF ziri m’ubutumwa bw’amahoro M’uburasirazuba bwa RDC, murwego rw’u muryango wa EAC.
Amakuru avugako ko abenshi muri aba basirikare b’u Burundi, bakuwe muri Kivu y’Amajy’epfo, boherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bambitswe imyambaro y’igisikare ca RDC kugira ngo bafashe igisirikare ca leta ya Kinshasa guhangana n’umutwe wa M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.