Kugeza ubu ingabo za M23 zirwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ziracagenzura Groupement ya Kibumba na Buhumba, byo muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Mugihe Ingabo za EACRF, zo mu Gihugu ca Republika ya Kenya zo zikaba ziri kuri Trois entenne, homuri Groupement ya Buhumba, teritware ya Nyiragongo.
Mu mirwano ikomeye yabaye kuri uyu mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki 28/10/2023, ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo n’imbonerakure z’u Burundi), bakoresheje indege zikomeye mukurasa M23. Minembwe Capital News, yabwiwe ko ziriya Ngabo za leta ya Kinshasa, zifashishije Indege z’intambara zo m’ubwoko bwa SUKHOÏ-25, barasa ingabo za M23 muduce duherereye muri Parike ya Virunga nahandi hatuwe n’a baturage nkomuri Kanyamahoro no munkengero zayo.
Gusa amakuru yizewe twahawe n’abaturiye ibyo bice, nuko M23 bavuye mugace gusa ka Kanyabuki na Mushushwe, uduce duherereye mubilometre bike n’u Mujyi wa Goma.
Ibindi bice byose M23 biracari mu maboko ya M23, nka Teritware ya Rutsuru yose, Kitshanga, Kiwanja nahandi nka Kalengela, Rubare, Kiwanja ndetse n’ibindi bice byinshi byomuri teritware ya Masisi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Drc nireke kwinangira!