Urugamba ruhanganishije M23 n’inyeshamba zishigikiwe na Guverinoma ya Kinshasa na FDLR irimo abasize bakoze Genocide m’u Rwanda, n’urugamba rumaze iminsi igera kuri 6 rwongeye kubura M’uburasirazuba bwa RDC.
Iyi ntambara yabereye mubice bya Kilolirwe no munkengero zayo muri teritware ya Masisi.
Amakuru Minembwe Capital News, dukesha inzego za Guverinoma ya Kinshasa yemezako hari uduce M23 yambuwe mu mirwano yabaye kumunsi w’ejo hashize tariki 05/10/2023, ni mu mirwano yabasakiranije n’imitwe irimo FDLR, Nyatura na Wazalendo.
Ariko mu makuru dufite yizewe dukesha bamwe mubaturage baturiye ibyo bice ba bwiye Minembwe Capital News, ko Kibarizo, Busumba , Kirumbu na Kilolirwe bikiri mu maboko ya M23 n’ubwo Kinshasa ihamya ko ibi bice bifitwe na Wazalendo.
Hakaba harandi makuru ingabo za RDC zivuga ko Kitchanga ikirimo ingabo za Barundi z’ibarizwa mu muryango wa EAC, gusa ibi ngo bishobora kuba atarukuri kuko Kitchanga ingabo z’u Burundi zamaze kuhashikiriza ingabo za FARDC.
Ariko nk’uko bitangazwa n’urwego rwa leta bemeje ko ibikorwa bikomeje kugenda neza mu Mujyi wa Kitchanga.
Ati: “Ibikorwa birikugenda neza mu Mujyi wa Kitchanga haracarebwa n’ingabo z’u Burundi. Ubucuruzi burakorwa n’ibindi neza.”
Umwe mubaturage baturiye Kitchanga yagize ati: “U Mujyi wa Kitchanga urimo uruja n’uruza rw’impunzi zaje ziva Buchalwichi, Kiyekire na Ngingwe, izo Mpunzi zerekezaga Mweso naha mu Mujyi wa Kitchanga. Ariko Kitchanga yamaze Kuva mu maboko ya Barundi bari muri EAC kuri ubu hararebwa na FARDC.”
Guverinoma ya Kinshasa ikaba ikomeje guhamagarira inyeshamba za M23 kwitabira gahunda ya leta yogusubiza inyeshamba m’ubuzima busanzwe bitaba ibyo ngo ingabo za FARDC zigakoresha imbaraga zose kugirango basubire bigarurire uturere twose M23 yari yarabambuye.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.