Amashirahamwe ashinzwe ubwikorezi mu Mujyi wa Baraka, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, bakoze imyigaragambyo kumunsi w’ejo hashize 28/08/2023 yamagana Polisi yo mu Muhanda.
Iyo myigaragambyo ikaba yarigamije kwamagana itotezwa rikorerwa abashinzwe ubwikorezi kuma Modoka na Moto, ibi bakaba barabyise (Systems Rapport) ikorwa naba polisi bashinzwe umutekano wo mu Muhanda.
Nyuma y’iyo myiyerekano muruwo Mujyi wa Baraka habaye ituze akaba aribwo ayo Mashirahamwe yahise yandikira ibarwa umukuru wa polisi murwego rw’Intara kugirango bamumenyeshe ihohoterwa bakorerwa na polisi.
Nkuko Minembwe Capital News, yahawe ayamakuru nuko muriyo baruwa bandikiye uwo Mukuru w’Intara ya Kivu yamajy’Epfo, banditse bavuga bati: “Twebwe Abashinzwe ubwikorezi tukwandikiye kugirango tukumenyeshe ibibazo dufite biterwa na polisi yo mu Muhanda, aho baduhohotera batwaka ifaranga kandi tubiziko bihabanye namategeko y’igihugu. Turabiziko iyi polise yomu Muhanda ikorera henshi mugihugu ariko dutangazwa nuko muri teritware ya Fizi hahindutse aho bata umwanda wose bitewe nibihakorerwa. Ikindi iyi polisi yomu Muhanda tukumenyesheje ko igihe baka uwo Musoro bahutaza abo irikuwaka ndetse nigihe baba barigutanga icyemezo ko bamaze kuwishura.”
Ayo mashirahamwe akomeza avugako abo ba polisi bomu Muhanda, n’ubundi ba baka ibyemezo bitarigera bitangwa na Guverinoma ya Congo .
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.