Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za America bishinzwe akarere ka Afrika y’iburasizuba, batangaje ko Félix Tshisekedi afite amahigwe yokongera kuzatorerwa Manda y’ubutaha.
Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za America bishinzwe kugenzura no gukora iperereza kubijanye na politike yo muri Afrika y’iburasizuba (EAC) bashize hanze ibyo bakuye muri anketi bakoze tariki zitanu zukwezi kwa Gatanu kugeza tariki makumyabiri zukwezi kwa Karindwi uyu mwaka wa 2023, kubijanye nuko ubuzima bw’Abanyagihugu buhagaze na politike uko byifashe muri Republika ya Democrasi ya Congo.
Iyo raporo ubwo yasomwaga kuruyu wa Gatatu tariki 23/08/2023, nkuko ayamakuru tuyakesha i kinyamakuru 7 Sur7. Cd cyavuzeko umukuru w’igihugu Felix Tshisekedi afite amahirwe yokuzasubira kuyobora iki gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.
Iritsinda rihamyako mubantu mirongwitandatu nabatanu (65) mubo ryabashije kuvugana nabo bemejeko bazongera gutora Perezida Felix Tshisekedi mandat yakabiri.
Naho bwana Moïse Katumbi, iritsinda ryamuhaye amajwi 12% kwijana mugihe Martin Fayulu we yahawe 8% gusa .
Perezida Félix Tshisekedi ir’ishirahamwe ryemezako mu mezi ane(4)gusa asigaye ngo amatora abe muri Congo Kinshasa Perezida Felix Tshisekedi yongereyimbaraga mugukorera igihugu ibi ngobikaba byashimishije aba-kongomani.
Muribyo bikorwa harimo mukubaka amazu abakozi ba Guverinoma b imihanda kwigisha abana bamashuri abanza kubuntu ndetse nogutanga akazi kurubyiruko. Ibi ngo byatumye yongererwa icizere mubene gihugu ba Congo Kinshasa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.