Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 18.06.2023, saa 8:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mumpera zukwezi kwa gatanu uyumwaka, mu Rurambo ho muri teritware ya Uvira, habaye ibiganiro byahuje amoko yose aturiye ako karere ndetse n’a bashinzwe umutekano babashe kubyitabira.
Nibiganiro byari byategujwe nabatware ba Rurambo, mubyingenzi bizemo harimo ko abantu bongera kubaka aka gace maze aba Pfulero nab’Abembe babuzwa kongera kwiba nokunyaga Inka z’Abanyalulenge.
Nyuma yibi biganiro habanjye gucamo iciswe ko ari ukutunvikana hagati y’Ingabo za Barundi ziri mubutumwa muri Kivu yamajy’Epfo, bw’ibihugu bibiri ( 2), Kinshasa n’a Bujumbura. Aba basirikare bakaba batandukanye nabingabo za EAC bari muri Kivu y’Amajyaruguru. Nimugihe aba basirikare ba Barundi bari bahaye Abaturage B’irwanaho amasaha 48 yo kuba bavuye ahitwa Bijojwe, ibi byaje kurangira ntantambara ibaye ahubwo bunvikana amahoro hagati yabo kuko abaturage b’Irwanaho bari mu Bijojwe kunyungu zabaturage.
Kuruyumunsi abaturage baturiye akarere ka Rurambo, bakaba batangiye gukandagira mumahoro ava mubiganiro biheruka kubera Murudefu. Ibi biganiro byahuje amako yose ahaturiye ndetse nabashinzwe umutekano, nimugihe batangiye Ingendo ziva mu Rurambo bagana Indondo ya Bijombo.
Izingendo barimo kuzikora bashoreye Inka, ibi bikaba bitari bisanzwe kuva intambara zaduka hagati yimitwe ya Mai Mai irwanya abo mubwoko bw’Abatutsi mu misozi miremire y’Imulenge homuri Kivu yamajy’Epfo.
Kuruyu wamungu, Inka ninshi zagiye zirahuruka ku Murambya ho muri groupement ya Bijombo,zabo mubwoko bwab’Anyamulenge, zivuye muturere twa Rurambo.
Ikindi nuko Abaturage ba Rurambo batangiye guhinga bisanzuye, bakaba bemeje kandi ko abaturage bagomba kubaka ico bise amasite(Cities). City yambere ikazubakwa ahitwa Bibangwa, iyakabiri ikazaja Bijojwe ndetse yo ikazikora no mu marungu.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Asandi ko Imulenge barimo kubaka amasiti.